President wa Republika ya Democrasi ya Congo, Félix Tshisekedi, aravugwa ho yuko aheruka guhura na Eugène Gasana utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’a Kigali.
Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 22.05.2023, saa 10:25 am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Uwahoze ari Ambasaderi wa Leta ya Kigali muri Loni i New York, mbere yo gushwana n’ubutegetsi bw’iki gihugu nkuko tubikesha ikinyamakuru cya Bwiza.com.
Kurubu Gasana Eugène, azwi mu bikorwa by’abarwanya leta ya Kigali, akaba anabarizwa mu mutwe wa RNC ya Kayumba Nyamwasa.
Nkuko iyinkuru ibivuga iragaragaza Ifoto ya Gasana yicaranye na Président Félix Tshisekedi wa RDC Iyi Photo ikaba ikomeje noguca ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye.
Eugène Gasana na Tshisekedi, bahuye mugihe bombi bazwiho kuba abanzi b’ubutegetsi bw’a Kigali, by’umwihariko Président Paul Kagame.
Gasana Eugène ahuye n’a President Félix Tshisekedi, mugihe yaraheruka gutangaza ko Abanyarwanda atarabanzi be avuga ko ahubwo leta ya Kigali ariyo banzi ba Congo kokandi yiteguye gufasha abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda bagakuraho ubutegetsi buyobowe na President Paul Kagame.
Ibi Tshisekedi yabitangaje mukwezi kwa 12 umwaka wa 2022, ubwo yari yahuriye i Kinshasa n’urubyiruko rwomurico gihugu babarigwa mu 250.
Gasana ngo yari yasabwe kugaruka mu gihugu cya RDC nyuma y’amakuru y’ubutasi yagaragaje ko hari amafaranga yari yarahawe n’uwahoze ari President wa Congo Kinshasa, Joseph Kabila.
Gasana kandi byavuzwe ko amaze kubona ibyangombwa bimwemerera gutura muri Amerika.
Muriki gihe leta ya Kigali, ishinja RDC gukorana n’umutwe witwaje intwaro wa FDLR ugambiriye kuruhungabanyiriza umutekano ndetse ukaba urimo nabasize bakoze Genoside m’Urwanda mumwaka wa 1994.
Kigali kandi ishinja RDC kuba ikomeje kugura imbunda ziremereye ndetse n’indege z’intambara mu mugambi wo kurushozaho intambara.
Kinshasa ku ruhande rwayo yo ishinja Kigali gutera inkunga M23; umutwe witwaje intwaro umaze umwaka urenga mu mirwano ibahuza numutwe wa M23 urwanira uburenganzira bwabo nababo, muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.