Umuyobozi wa brigade ya MONUSCO, kuruyu wa Gatatu,yasuye ingabo za FARDC mu Minembwe.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 03/08/2023, saa 8:25Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Gen Farhan, uyoboye brigade ya Monusco muri RDC, akaba akomoka mugihugu ca Pakisitani yasuye ingabo za FARDC zikorera muri Minembwe. Uyu muyobozi yageze muraka gace aherekejwe na mugenzi we ureba ingabo za Monusco muri Kivu yamajy’Epfo.
N’uruzinduko rwari rugamije ko aba basirikare bakuru bo mungabo za Monusco bagirana ikiganiro na Brigadier general Ehonza André Uketi, umuyobozi wa Brigade ya cumi na kabiri mungabo za FARDC zifite icicaro gikuru muri Minembwe.
Nkuko byamaze gutangazwa nuko aba bagabo bunguranye ibitekerezo kumutekano wa karere k’imisozi miremire y’Imulenge (High Land Of Mulenge) homuri teritware ya Fizi, Intara ya Kivu yamajy’Epfo.
Gen Farhan, akaba yarashimiye Brigadier general Ehonza, kumbaraga yakoresheje kugira amahoro abashe kugaruka muraka karere k’imisozi miremire y’Imulenge ibarizwa muri teritware ya Fizi.
Ibi ni byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo za Monusco mu Minembwe, gusa avuga ko uyu muyobozi wa Monusco yamaganye ibitero byagabwe n’imitwe y’itwaje intwaro. Ni bitero bavuga ko byagabwe mu minsi yashize bikaba byaribasiye ikambi ya Monusco mu Minembwe.
Ku ruhande rwa General Ehonza André, we yijeje ko brigade ye ya 12, izakomeza gukora ibishoboka byose maze amahoro akomeze kuboneka ndetse ko azatuza nabaturage mubice bari barahunzemo igihe cy’intambara. Sibyo gusa kuko yashimangiye ko hazakomeza kuba ubufatanye hagati ya Monusco n’ingabo ze.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.