Umutwe winyeshamba urwanira muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo ariwo M23 wasabye ingabo z’akarere(EACRF), kurinda abaturage bo mu bice yavuyemo ivuga ko bakomeje guhohoterwa no kwicwa.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 11.04.2023, saa 7:50 PM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, nuko umutwe wa Gisirikare urwanira muburasirazuba bw’ikigihugu ca Congo Kinshasa, ariwo M23 wasabye ingabo zo mubihugu byo muburasirazuba bwa Africa (EACRF), kurinda abaturage bakomeje guhura nakaga ko kwicwa noguhohoterwa Mubice uwo mutwe wavuyemo bikajamo ingabo za FARDC ivanze na FDLR, Mai Mai Nyatura na Bacanchuro (Wagner).
M23 yongera Kandi nokwibutsa Leta ya Kinshasa gushyira mu bikorwa ibiyireba nk’uko byumvikanwe mu nama z’abakuru b’akarere, munama zabahuje i Nairobi, Addisa baba ndetse na handi nka Bujumbura ni Luanda.
ku rundi ruhande Kandi umugaba mukuru wingabo za Leta ya Kinshasa (FARDC), Gen Tshiwewe ari muruzinduko rwa Kazi muntara ya Kivu yamajyaruguru, ubwo yasuraga abasirikare bari ku rugamba muburasirazuba bw’ikigihugu ca Congo, yababwiye ko ubutumwa abazaniye ari ukubasaba nka Afande mukuru wabo bafite mungabo za FARDC ko bakwiye kwiyubahisha no kurinda igihugu cababyaye bakacubahisha.
Lt Gen Tshiwewe yongeraho ati : “Nsinkongere kunva ko mwahunze umwanzi wanyu mufite ariwe M23.”
Ibi Lt Gen Tshiwewe yabivuze ababwirako umutwe wa M23 ko bivugwa ko waba urimo kwisuganya ngo ufate Umujyi wa Goma, ngo mu gihe leta ya Kinshasa yakomeza kwanga imishyikirano.
Uyu musirikare Kandi ngoyazaniye ubutumwa ingabo za M23 ko ari abanzi ba Leta ya Kinshasa abasaba ko bagomba gukomeza kuva mubice bafashe .
Ikindi nuko ejo hashize tariki 10.04.2023, uyumuyobozi w’Igisirikare ca FARDC Lt Gen Christian Tshiwewe, yasuye icyicaro gikuru cyingabo zumuryango w’Africa y’Iburasirazuba i Goma(EACRF).
Hamwe n’intumwa ze bakiriwe n’umuyobozi w’ingabo za EACRF, Major Gen Jeff Nyagah, maze baza kuganira kungamba n’ingufu z’izo ngabo zishinzwe kugarura amahoro n’umutekano mwiza muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.