Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwatanze impuruza k’umutekano ukomeje kuzamba mukarere k’iburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.
N’ibyashizwe mw’itangazo uyu mutwe washize hanze kuri uyu wa Kabiri tariki 24/10/2023, bakaba barisohoye ahagana isaha z’umugoroba.
Aho bagize bati:”Turamenyensha abantu bose ibi bikurikira:”
“Murabizi neza ko ahitwa Tongo ariho hari umuhana mukuru wa FDLR rero ibirego Guverinoma ya Demokarasi ya Congo (RDC), yirirwa ivugako hari abantu bishwe mu menye ko ari ‘ibinyoma,’ gusa tubibukije ko ingabo za FARDC ko zasutse Amabomba kuruyu muhana wa Tongo tariki 15 /10/2023. Ikindi nuko ihuriro ry’imitwe y’inyeshamba ikorana na Guverinoma barwaniye n’ingabo za M23 muruwo muhana wa Tongo maze ir’ihuriro ry’ingabo za Kinshasa ( FARDC , FDLR, Wagner na Mai Mai harimo uwitwa Lt HABIYAKARE wapfanye n’izindi ngabo 10 za FDLR Foka ba barirwa muri unite ya Crap Secteri ya Samariya.”
“Kuva mu mwaka wa 2022 kugeza ubu Abaturage ba Tongo, muzi neza ko arabacu 100/100, n’ubwo ingabo za RDC (FARDC) n’abambari babo bagiye batugabaho ibitero muri ubwo buryo twagiye twirwanaho k’urubwo dutanze pole kandi dukangurira Abaturage gukora imirimo yabo nkibisanzwe.”
“M23 ikaba ishinja amashirahamwe y’imbere mu Gihugu, n’Abanyamakuru ndetse n’Amashirahamwe Mpuzamahanga, ashinzwe kurengera ikiremwa muntu kubwo guceceka nokurebera kubibera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahanini muri teritware ya Masisi, aho ubwoko bumwe bwibasiwe cyane ndetse busa n’ubuja kurimburwa aho batwikirwa i Mihana yabo bagasenyerwa nokunyagwa Inka zabo nokuraswaho i Bibomba mu Mihana irimo aba sivile. M23 yavuzeko habaye gutererana impunzi, zahungiye mu Bwiza, iz’impuzi ngo zatereranwe n’Amashirahamwe Mpuzamahanga ashinzwe gutabara kubiribwa.”
“M23 irashinja Guverinoma ya Kinshasa kuba yaraciye inyuma y’amamasezerano yoguhagarika intambara ndetse nokuba ingabo za RDC zirasa i Bibomba biremereye mu mihana ituwe n’Abantu benshi.”
Tubibutsa ko kuri uyu wa Kabiri, tariki 24/10/2023, M23 yongeye kwirukana ingabo za FARDC n’abambari babo muri Kibumba na Busumba biherereye muri teritware ya Nyiragongo, nimugitero gikomeye ziriya Ngabo za FARDC zari zagabye mubice birimo abo mu mutwe wa M23. Kugeza ubu hakaba hakiriho gushamirana hagati y’izo mpande zombi zihanganye.
Mur’iyi mirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri, ibereye i Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo hafi n’u Mujyi wa Goma, byavuzwe ko haguyemo umusirikare wo mungabo za EACRF . Ibi n’ibyashizwe mw’itangazo ingabo za RDC zashinze hanze ubu mw’ijoro.
Minembwe Capital News, amakuru yizewe ifite nuko uwo musirikare ari uwo mungabo za Barundi warwanaga k’uruhande rwa FARDC.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.