Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 11/07/2023, saa 7:20Am, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Umusirikare wo mu ngabo za RDF ziri mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), yiciwe mu gitero cyagabwe n’inyeshyamba.
Uyu musirikare yiciwe hafi y’Umujyi wa Sam-Ouandja, mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bwa Centrafrique, ubwo yari ku burinzi.
Ingabo za MINUSCA mu itangazo basohoye ku mugoroba wo ku wa Mbere, bavuze ko batatu mu gababye kiriya gitero cyahitanye ubuzima bw’umusirikare w’u Rwanda bishwe, undi umwe afatwa mpiri.
Yagize ati: “Twamaganye icyo gitero cyibasiye ingabo za Loni kandi turashimangira umuhate wa MINUSCA mu gukomeza gushyira mu bikorwa inshingano zayo zo kurinda abasivile no gushyigikira ubuyobozi bwa Centrafrique.”
Undi wamaganye kiriya gitero ni Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro mu biro by’Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Jean-Pierre Lacroix.
Mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa Twitter, yagize ati: “Igitero gisuzuguritse kuburinzi bw’ingabo za MINUSCA uburinzi bwari bugamije kurinda abasivili ba Centrafrique cyiciwemo umusirikare w’u Rwanda. Nifatanyije na leta ya Kigali, abaturage bayo ndetse n’incuti zabo ku bw’umusirikare wapfuye.”
MINUSCA nyuma ya kiriya gitero yasabye ubuyobozi bwa Centrafrique gukora ibishoboka byose hakamenyekana abakigabye ndetse no kubageza imbere y’ubutabera.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.