Umusirikare wo Mugabo za Republika ya Democrasi ya Congo wakoreraga muri Brigade ya 12 ifite icicaro mu Minembwe witwa Petro yaburiwe irengero kuva kuruyu wa Gatatu.
Mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira nuko uyu musirikare yabuze kuva kumunsi w’ejo hashize tariki 06/09/2023. Nkuko ayamakuru abivuga ngo uyu musirikare baherutse yerekeje munzira igana kuri Ugeafi ugana kuruzi rwa Rwiko nyuma y’ubwo ntiyongeye kuboneka.
Uyu musirikare waburiwe irengero akaba avuka mubwoko bwa Bapfulero bo mubice by’i Milimba. Ubwo Minembwe Capital News yabazaga amakuru y’uyu musirikare wo Mugabo za Republika ya Democrasi ya Congo umuntu utashatse kwivuga izina yagize ati: “Ntagushidikanya uyu musirikare yagiye muri benewabo aba Mai Mai.”
Yakomeje agira ati: “Sinawe wambere mupfulero ucitse igisirikare ca FARDC akerekeza muba Mai Mai. Erega Mai Mai ntirikure no kuri Ugeafi irahagera ariko ibice Mai Mai igenzura ni mubice by’u Rurenge naho nihafi yaho bamuherukiye.”
Muriki Gitondo ca none kuwa Kane ingabo za RDC mu Minembwe bazindutse bashakira mu misozi yose ikikije Ugeafi aba basirikare bo bavuga ko Umusirikare wabo yoba yarishwe nabantu batarabasha kumenyekana.
Andi makuru avugwa mu Minembwe nuko kumunsi w’ejo haguye imvura n’inshi ikaba yarangirije aho bivugwa ko yasenye amazu ku Kiziba ureba kumusozi wo Kuwigishigo. Iyo mvura iguye mugihe yarikenewe nimugihe Inka zashaka ga kwicwa n’inzara.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.