Fidele yagize ati: “Mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ibyumweru bitatu mbere y’uko amatora y’umukuru w’igihugu aba, umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Buraya batangaje ko bakuye abantu babo bari m’ubutumwa bw’indorerezi ku matora, ateganijwe kuba muri RDC.”
“Biriya ba bitangaje kuri uyu wa Gatatu, muriki Cyumweru turimo. mu butumwa batanze bavuze ko ‘kubera umutekano muke’ uri muri RDC ziriya ntumwa zabo zitazabasha kugenzura ibikorwa by’amatora hirya no hino mu gihugu.”
“Ubushize ubusesenguzi duheruka kubaha butanzwe nanjye Fidèle twagarutse kuri ay’amatora, na babwiye ko ariya Matora dutegereje ateye impungenge ko kandi ashobora kutazaba nk’uko bigaragara. Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora kugeza ubu ntamubare uhamye baratanga. Ay’amatora na naramuka anabaye azaba nabi.”
“Rero umuryango w’u bumwe bw’u Buraya bashobora kuba ba keneye ku garder honneur yawo batekereza ko kuba ay’amatora azabamo urusaku batinya kuzaseba. Iyi tekinike iri mubyatumye bagaragaza impanvu ko umutekano udahagije.”
“Itangazo rya CENI ryo ku wa 30/11/2023, binyuze muri Patricia NSEYA MULELA, ryavugako ibikoresho bya CENI byahiriye mu bu biko bwayo avugako ha hiriyemo ibintu byinshi. Ririya tangazo barangije basaba ko CENI yakongererwa igihe kugira ngo bongere bategure Amatora. Gusa ibi byose bigaragaza ko hariho imbogamizi kandi nabyita ko ari n’ibimenyetso bigaragaza ko amatora arimo urusaku.”
“Félix Tshisekedi kuri ubu arimuruzindiko i Dubaï muri leta y’unzubumwe bw’Abarabu mu Nama igira iya 28 yiga hejuru y’imihindukirire y’ibihe( COP 28). Ibi ntahandi biraba nka perezida uri mubihe byokwiyamamaza yari kuba yohereje undi umuhagararira muri uriya mwanya.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Gisegeti Niki yizeye kimutera gusuzugura uyumwanya wokwiyamamaza!