Umuryango wa SADEC wasezeranye kugarura amahoro Muburasirazuba bwa RDC.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 19/08/2023, saa 8:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Nyuma yaho perezida Félix Tshisekedi, arangije igikorwa cyihererekanwa bu basha na mugenzi we perezida wa Angola ku buyobozi bw’ishirahamwe ry’ibihugu by’amaj’Epfo ya Afrika (SADC ).
Uyu muryango wa SADEC, ubwo bari muriyo nama igira iya 43, bahise ba sezeranya RDC ko ingabo zuyu muryango zigiye gukurikirana iby’umutekano w’uburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.
Perezida Félix Tshisekedi, nawe ubwe yafashe umwanya ashimira uyu muryango ku bufatanye bakomeje kugaragaza mugufashanya kw’ibihugu bigize ir’ishirahamwe cyane ashima kucyemezo yavuze ko gishimishije cyokohereza ingabo z’ibihugu bigize uyu muryango (SAMIRDC), kugira ngo zize gutanga imbaraga mu kurwanya no kurandura umutwe wa M23. Perezida Félix Tshisekedi Kandi yongeyeho ko umutwe wa M23 wongeye kubaho kubera Guverinoma ya Kigali.
Ati: “Ndashira SADEC kuba ikorera hamwe Kandi ko uyu muryango wemeye gutanga ingabo zokurandura umutwe wa M23 wabayeho kubera ibihugu by’ibituranyi. Uyu mutwe, uhungabanya ibintu byinshi birimo guhonyanga agateka kazina muntu ndetse no kwangiriza ibijanye n’amategeko Mpuzamahanga.”
Iyinama yaberaga i Luanda, bananzuye ko ibyigiwemo bigomba ku bahirizwa no guhabwa agaciro ndetse bategeka ko iby’igiwe mu nama y’ubushize yabereye nayo i Luanda, ni Nama yahuje imiryango ine ariyo: “CEEAC, EAC ,CIRGL,SADC, na Afrika y’unze Ubumwe,” ko iby’igiwe mo hafatwa ingamba bigashirwa mungiro.
Nimugihe hari hizwe ko “hagomba kuba gukurikirana hafi iby’umutekano w’uburasirazuba bwa RDC.”
Mw’itangazo ryashizwe ahagaragara risozera iyo nama ryavugaga ko ingabo za SADC zigomba kuja Muburasirazuba bwa Congo Kinshasa.
SADEC Kandi ishira imbere inzira y’ibiganiro mu kurangiza ikibazo c’Intambara zibera Muburasirazuba bwa RDC, aho na perezida wa Afrika y’Epfo nyakubahwa CYRIL RAMAPHOSA, yagiye abigarukaho ubwo yagirana ga ikiganiro na mugenziwe wa Congo mukwezi kwa karindwi(7), uyu mwaka.
Muriyi nama igira iya 43 ya SADEC ya garutse no ku kibazo cya matora ateganijwe kuba mu bihugu bigize irishirahamwe harimo na RDC.
Bakaba barasabye ko ayo matora yakorwa hisunzwe “Democrasi iri mu muco.”
Ibihugu biteganijwe kubamo amatora hari:
“RDC, amatora azaba mu kwezi kwa 12, Zimbabwe, amatora azaba mu kwezi kwa munani(8), mugihe Madagascar yo izakora amatora mukwezi kwa Cyuminumwe(11) uyu mwaka.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.