Umukuru w’igihugu ca Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, yatangaje ko mu mashamba yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ingabo ze, ziheruka gufata abadamu bari barafashwe n’inyeshamba harimo n’Abarundikazi.
Ni mu kiganiro umukuru w’igihugu Yoweli Kaguta Museveni, yakoreye kuri television y’i Gihugu ca Uganda, kuri uy’u wa Kabiri, tariki ya 09/01/2024, aho yanagarutse ku by’u mutekano.
Museveni, yavuze no ku by’u rugamba ingabo ze zifatanije n’iza RDC, aho zigejeje kurwanya umutwe w’iterabwoba wa ADF Naru.
Aha, umukuru w’igihugu yerekanye abagore batanu(5), avuga ko bari mu itsinda rinini ry’abasivile ryari ryarafashwe ku ngufu na ADF bakaba bararokowe n’igisirikare cya Uganda.
Muri abo badamu batanu ba biri muribo ba komoka mu Gihugu c’u Burundi, abandi ba biri akaba ari abanyekongo n’umwe wo muri Uganda. Umwe w’umurundikazi yavuze ko abana be ba biri binjiranye mu mashamba bapfuye kubera ubuzima bubi.
Muriki kiganiro Perezida Kaguta Museveni, yashinje uwari umuyobozi wa Congo Kinshasa, Joseph Kabila na Mobutu Sese seko, kuba barahaye ADF ikibanza mu mushamba ya Congo bakabuza leta ya Uganda gukurikirana ADF.
Museveni yagize ati: “Icyatumye ADF imara igihe kirekire muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ni uko Kabila Joseph, yatwangiye kujyayo guhiga abo barwanyi maze nabo bagezeyo baridegembya. Rero ubu Perezida Félix Tshisekedi, yatwemereye kujyayo nta bwo ADF ishobora kubaho.”
“Igihe rero Joseph Kabila, yari yarahaye ADF Naru, ikibanza, bariya barwanyi bibwiraga ko tudafite imbaraga zo kubarwanya, ariko ubu na babwira ngo nibarekere aho kudutesha umutwe. Bazi neza ko iyo tubateye tubica ari benshi kandi bose bagiye kurimbuka.”
Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yaburiye inshuti za ADF Naru, n’abarwanyi bagize uwo mutwe ko leta ya Kampala ifite kubamaraho vuba mugihe batayivamo inzira zikigendwa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.