Perezida Félix Tshisekedi, asoza imikino yavuze ko imikino ya Francophonie isize amateka kw’Isi no mubanye-Kongo.
Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 07/08/2023, saa 6:20Am, kumuhasa ya Bukavu na Minembwe.
Imikino ya Francophonie, yarimo ibera i Kinshasa kumurwa mukuru wa Republika ya Democrasi ya Congo, yashojwe kumunsi w’ejo hashize tariki 06/08/2023. N’imikino yari yitabiriwe n’ibihugu byose bikoresha ururimi rwigi-Faransa harimo n’ibyo mukarere k’uburasirazuba ( EAC).
Ubwo basoza ga iyi mikino, umukuru w’igihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi, yafashe ijambo ashimira ababashe kwitabira, arangije ababwira ko ibi ari amateka kw’Isi.
Ati: “Iyi mikino kunshuro ya 9ya Francophonie, izakomeza kw’ibukwa n’abaturage ba Congo Kinshasa kandi izandikwa mu mateka nka mateka yabayeho agira uruhare runini mugukomeza umuco mu muryango wa Francophonie. Ibi nuguteza imbere umuco nogushigikira abahanzi bo muruyu muryango.”
Perezida Wa RDC yakomeje, ashimira abantu ati: “Ndashimira abakinyi nabahanzi bitabiriye iyi mikino, maze ahamagarira abanye-kongo gukomeza ibyo bigiye muriyo mikino anatangariza abanegihugu ko iyo mikino irangiye. Asaba ko iyo mikino yazongera kugaruka mugihugu abereye umukuru w’igihugu.”
Mu masaha make mbere yuko iyi mikino itangira yo gusoza kunshuro ya 9 abantu bari bakubise buzuye muri Stade yitiriwe abahowe Imana(Stade de Martyrs), maze Polisi nayo y’igihugu izengeruka imihanda yose igana kuriki kibuga kugira bacungere umutekano neza. Byari akanyamuneza gakomeye nkuko byatangajwe n’ikinyamakuru cya Actualite CD.
Tubibutsa ko iyo mikino yatangiye tariki 28/07/2023, ikaba yarashojwe kuruyu wa Mungu(Ku Cyumweru), ejo hashize.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.