Yanditswe na: Bruce Bahanda, Kw’itariki 28/07/2023, saa 7:10Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Abigaragambyaga bagerageje guteranira i Niamey tariki ya 26/07/2023 mu rwego rwokwamagana abarimo bashaka guhirika ubutegetsi ndetse bateranye kandi kugira ngoberekane ko bashyigikiye Perezida wa Niger, Mohamed Bazoum, uwo barimo bavuga ko bamuhohoteye.
Uwaruyobaye igitero cyogushaka guhirika ubutegetsi ni Gen Tchiani Abdouraham, uyu mugabo yakoze ibi mugihe yarazwiho kuba soma mbike wa Perezida Mohamed Bazoum. Niwe wayoboye igitekerezo cyo gushaka kuvanaho ubutegetsi bwa perezida Mohamed Bazoum, mugihe yari umwe mubayobozi mungabo z’ishinzwe kumurinda kuri none akaba atavugwaho rumwe mu ngabo za Niger.
Yatangiye kurinda perezida kuva mumwaka wa 2011, Abdourahmane Tchiani. Yagiye azamurwa muntera ku butegetsi bwa Perezida Mahamadou Issoufou, bivugwa ko yari “Umwizerwa mu bayoboke be,” nk’uko impuguke ziri mu nzego z’umutekano za Niger zibitangaza.
Amakuru avuga ko igihe Issoufou yari ku butegetsi, uyu wari mubari bashinzwe kurinda perezida “yagiye ahinduka cyane mumyumvire,” ariko akaba yari umwizerwa kuri Issoufou yizeraga ko azamurinda kubashaka kugerageza guhirika ubutegetsi mu gihugu cyari kimaze kubona Coup d’État zigera muri zine(4), kuva iki gihugu cabona ubwigenge mumwaka wa 1960.
Uyu mujenelari warushinzwe kurinda Perezida yakoze ibi byokugerageza guhika ubutegetsi aherekejwe n’ingabo zigera kuri 700, bari abasirikare bari bafite ibikoresho byiza kandi bikomeye, akaba yarafite n’imodoka zigera kuri 20 zagisirikare.
Tariki 26/07/2023, ahagana mu ma saa 11h30, ingabo za Niger ziyobowe n’a Gen Tchiani, zatangaje ko zahiritse ubutegetsi murico gihugu maze bihutira gushirahoho inama njyanama nkuru y’igihugu ishinzwe imitegurire y’igihugu(CNSP) bahita banatangaza ko Imipaka ko ifunzwe kugeza igihe bazongera kubitangaza nkuko tubikesha Ikinyamakuru cya Africa Report.
Irijambo ryarimo rivugwa n’a Colonel Amadou Abdramane ari kuri televiziyo y’igihugu mu itangazo ryafatiwe kuri Garde Presidentielle, hafi y’urugo rwa perezida.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.