Uwahoze ari President wa Kenya akaba numuhuza wimpande zihanganye muntambara zurudaca muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo (RDC), bwana Uhuru Kenyatta yatangaje ko muburasirazuba bwa Congo Kinshasa amahoro yagarutse.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 03.04.2023, saa 6:25PM kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Uhuru Kenyatta, umuhuza wa mahoro washizweho numuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC), yavuze ko nyuma y’inama zitatu z’ahuje aba Presidents, bagize Ibihugu bihuriye mumuryango wa Afrika y’iburasirazuba zerekeye umutekano muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo (RDC), kubera izonama intambara zimaze guhagarara mu ntara ya Kivu yepfo, ati Kandi n’ibitero bimaze guhagarara, muntara ya Kivu yamajyaruguru.
Uhuru Kenyatta ati gusa haribike bigiteye Impungenge, avuga ko ingamba zo gutanga ubufasha mukugarura umutekano mwiza ku bantu bagiye bahura nintambara kubutaka bwa Congo Kinshasa muntara ya Kivu zombi kuri none avugako birikugenda neza.
Ikindi yavuze nuko Ingabo zo mu muryango w’Afurika y’iburasirazuba(EAC), zamaze gukambika mumijyi n’imihana yarimaze kuba ibirindiro byumutwe wa M23.
Ikindi nuko yavuze ko hari gahunda zirimo gutegurwa kugira ngo hategurwe inama cangwa ibiganiro bizafasha abarebwa bose na makimbirane ari muraka karere, muribyo biganiro hazazamo n’impuguke ziturutse mu mahanga, kugira ngo harebwe uburyo bwo gushakira igisubizo cyiza abarwana muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo.
Uhuru Kenyatta yavuze ko ibyo biganiro bizabera kubutaka bwa Congo bigamije gusa guhuza abashamiranye ndetse nogutegura icakorwa kunyeshamba zaba iza M23 ndetse nizindi zibarigwa kurubu butaka bwa Congo Kinshasa .
Nanone Kandi yongeyeho ko Ingabo zomumuryango wa EAC zimaze kuja mubice byinshi biri Muntara ya Kivu yamajyaruguru, yavuze ko ingabo za Kenya ziri mu gace ka Kibati, Kibumba na Rumangambo, iz’Abarundi ziri mu gace ka Sake, Mushaki bikaba biteganijwe ko izi z’Uburundi zizajya na Kitchanga naho iz’Abagande muri Bunagana, Kiwanja nahandi nka Mabenga.
Intambara muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo ikaba Imaze imyaka irenga makumyabiri, iki gihugu kikaba kibarizwamo inyeshamba zirenga 200.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.