Uhagarariye Republika ya democrasi ya Congo ( RDC), muri L’ONI yavuze ko Igihugu cye kitazaganira numutwe winyeshamba wa M23.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 20.04.2023, saa 6:50 PM, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
George Nzogola, arinawe uhagarariye leta ya Kinshasa m’Umuryango wa L’ONI, yongeye gushimangira ko leta ye itazigera iganira numutwe wa M23 urwanira muburasirazuba bw’ikigihugu, yagize ati: “Ntabwo tuzaganira nabarwanyi ba M23, kubera ko u Rwanda narwo ntaho rwigeze rugirana Ibiganiro na FDLR.”
Uyumugabo yakomeje avuga ati: “Umukuru w’igihugu cyacu bwana Félix Antoine Tshisekedi, aheruka kubivugaho ko mugihe hakurikijwe icyemezo cy’Inteko Ishinga Amategeko ya RDC ko ingingo ivuga kumitwe yitwaje intwaro, iyingingo nshya yemeza ko abarwanyi bagomba Kurambika Intwaro hasi bagasubizwa mubuzima busanzwe.”
Ikindi yavuze yagize ati “Nta gihugu tuzi uyu munsi gishyikirana nimitwe y’iterabwoba, maze yibutsa ko leta ya Kigali itigeze igirana imishyikirano na FDLR.”
Mugihe yarafite iki kiganiro nabanyamakuru yabajijwe ikibazo kigira giti: “Kuki dusabwa gushyikirana numutwe winyeshamba wa M23?”
Yavuze ko hagati muriyimyaka ya 2009 na 2022 Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Congo(Fardc), bahize bukware FDLR, bityo “ibisigisigi by’uyu mutwe waciwe umutwe nta kibazo biteye ku Rwanda.”
FDLR ku ruhande rwayo yakunze kunyomoza Congo imaze igihe ivuga ko nta mbaraga igifite.
Congo ivuga ibi mu gihe umutwe wa M23, uheruka gutangaza ko niba nta biganiro bya Politiki Kinshasa izagirana na wo; na wo utarebwa n’ibyo kurambika intwaro ndetse no gusubira mu buzima busanzwe.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.