Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwa tangaje ko bwa hagaritse imyigaragambyo yariteganijwe kuba ejo tariki ya 27/12/2023, yateguwe n’abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi.
N’imyigaragambyo yateguwe n’abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege, aho bashinja Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora CENI, muri RDC ko yabibye amajwi ko kandi Amatora yo kw’i tariki 20/12/2023, yateguwe muburyo bwa magendu.
Dr Denis Mukwege, aheruka gutangaza ko we, atiteze ibiri gutangazwa na CENI.
Ibi ninabyo Martin Fayulu, akomeje kuvuga, arinabyo bya tumye bahamagarira abanyekongo kuzabitaba kugira bamagane ubutegetsi bw’igitugu, na Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora.
Minisitiri w’u mutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Peter Kazadi, kuri uyu wa Kabiri, tariki 26/12/2023, yabwiye itangaza Makuru, i Kinshasa, ko leta ye, idashaka iriya myigaragabyo, ko kandi bayibujije, ngo k’umpamvu zo kurinda umutekano wa baturage.
Ati: “Imyigaragambyo ishobora guhungabanya byinshi harimo no kuburiza uburyo Amatora. Amatora yatangajwe nayagateganyo ubworero bo rindira bakazatangaza uwatsinze nyuma.”
Gusa mu bimaze gutangazwa perezida Félix Tshisekedi, akomeje kuza kwisonga, n’ubwo i Shyaka rya Ensemble pour La République, rya maze kwemeza Moïse Katumbi, ko ariwe watsinze Amatora ko ahubwo CENI, ishaka ku mwiba intsinzi.
Uhagarariye i Shyaka rya Ensemble pour La République, yahamagariye abaturage guhaguruka ba karwanirira intsinzi yabo kugira itibwa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.