Perezida wa Leta z’Unze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yafashijwe nyuma yo kugwahasi ubwo bari mu muhango(Ikirori), wo gutanga impamyabumenyi mu ishuri ry’ingabo zirwanira mu kirere muri uyu muhango ukaba wari wabereye mu majyaruguru ya Colorado homu ntara ya Kolorado.
Biden, numusaza ufite imyaka 80, ubwo yagwaga hasi yaramaze Kugeza ijambo ku banyeshuri barangije mu ishuri rya gisirikare, akaba ndetse yaramaze no guhana amaboko numusirikare umwe mubarangije kuriryoshuri, mugihe yarasubiye mucyicaro cye ahita agwahasi, nkuko tubikesha ikinyamakuru cya Daily Monitor.
Biden bivugwa ko ashaje cyane ariko kandi arashaka manda ya kabiri mu matora azaba 2024, yumukuru w’igihugu muricyo gihugu cya USA. Hari Raporo iheruka gutangwa n’umuganga wemewe muri uyu mwaka mugihugu ca USA yatangaje ko Biden, afite ubuzima bwiza kandi ko akora imyitozo buri gihe.
Mumakuru yatanzwe n’ikinyamakuru cya AFP, Cyo cyavuze ko Perezida Joe Biden yikubise hasi nyuma yuko yaramaze gukandagira arahimirana kuri stage ubwo bari mukirori cya banyeshuri b’Ingabo zirwanira mu kirere muri leta ya Colorado, ariko nyuma yubwo yagaraye asetsa abari mukirori.
Umuyobozi ushinzwe itumanaho muri White House, Ben LaBolt, yanditse ku rubuga rwa twitter nyuma gato ati “Perezida Biden ameze neza. Aho yikibise hasi kuri stage hari umufuka wumucanga ubwo yari arimo ahana ibiganza awunyereraho, Niko kugwahasi.”
Nta kimenyetso cyerekana ko yakomeretse nkuko iyinkuru ikomeza ibivuga.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.