Inama iriguhuza aba kururu b’ibihugu mugihigu c’Uburundi, President Tshisekedi, niwe uhagaze wa nyuma mugihe abandi bose bahageze kare, Tshisekedi akaba ahageze Muraka kanya.
President wa Congo aje akurikira Mugenzi we wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni , nawe wakurikiye Paul Kagame, w’Urwanda, William Ruto wa Kenya yaje ho gato mbere ya Paul Kagame uwahageze mbere akaba ari Samia Suluhu Hassan wa Tanzia.
Gusa umukuru w’Igihugu ca Sudan yepho SALVA KIIR, niwe wenyine utitabye ibi biganiro kuberako ari kwakira Papa Francis, wahageze ejo hashize.
Biravugwa ko ic’ingenzi cibandwaho ari ikibazo kirihagati ya Paul Kagame na Felix Tshisekedi.
Abasesenguzi bagize ico bavuga kuriki kiganiro cabereye iBujumbura, cahuje aba Presidents b’ibibihugu bigize umuryango wa EAC:
Duhereye Kuri Bwana Me. Kamuhora Jacques, yagize ati:
“Ubundi guhura kwa ba Présidents ba gize umuryango wa EAC nibyiza ndetse nibyi ngenzi cane kuko bari gufasha Reta ya yacu ya Congo, kwi kura mukibazo kiyigizemo lminsi intambara zurudaca zishingiye kumpamvu nyishi ziri mugihugu ariko ndavuga cane kukibazo kiri hagati ya Gvrmt ya Congo numutwe wa M23 reta yita umutwe witerabwoba kandi mberehose reta yari yarakoranye nayo ibiganiro nokwitako ari phase 1 (déroulement de dialogue) de Nairo2 kuko ubwambere bigeze kuganira bitwa groupe armé nyuma inyito irahinduka kandi bari barageze I Kinshasa batanga cahier de charge zabo( lgitabo kirimo ibyo basaba) lyo yarimbanziriza mushinga ( avant projet) yibiganiro bizaganirwaho byategura izindi nama nyuma, rero Reta ntiyaha agaciro icyifuzo cya M23 bituma intambara yongera kubura bakomeza gusaba ibiganiro aho bafatiye Bunagana reta yachu iranga rero niyo mpamvu bigeza aha muburyo bitagifite aho bigarurirwa ngo bicare kumeza yibiganiro rero niyo mpamvu EAC yinjiriyemo nkumuhuza ariko Gvmt ya Congo yanga ibiganiro rero aho bigeze abaturage bakomeje kugira ibibazo byinshi byo guhunga intambara njewe nkaba nosaba Reta kwirengagiza lmpamvu zayo za polique bakaganira kuko abaturage bayo nibo bakomeza kuha girira ibibazo kuko iyo reta ibishobora yari gukoresha lmbaraga za gisirikari agakemura ikibazo ariko turabona nkaho byanze abaturage bakomeje kuva mubyabo Kandi M23 nayo itaretse gukomeza kurwana rero njewe nkumuturage usanzwe mbona reta niwo mubyeyi mukuru nti woharira numwana wawe wabyaye kuko amaherezo yabantu bo muri Nord Kivu bari muri M23 barwanira uburenganzira bwabo nabaturage nanone ba Congo yarikwiriye kubatega amatwi ibyo ishoboye kubakorera basa ikabibakorera nkuko sirimwe sikabiri ikemura ibibazo mugihugu itarinze kwiyambaza ibindi bihugu abahahombera ni reta iri gutakaza uturere turimo abaturage benshi bari guta ibyabo njewe nkumuturage usanzwe mbona ikibazo cya Congo kigomba gukemurwa naba congomani ubwabo. Bacu mugani ngo “Akimuhana kaza imvura ihise”.
Naho Ngendahayo, we ati: “Mwavuze byinshi ariko njye uko numva:
Iyi ntambara koko nubwo dufite uko tuyita twebwe ko ari iyahano hafi, ariko siko biri pe. Intambara yateguriwe kureee kandi biri mumurongo wabayiteguye.
Tchisekedi nawe arayishimiye rimwe na rimwe kuko, agiye kongerwa igihe cyo kuyobora kuko ntamatora yaba muntambara. Ikindi biratuma hatarebwa bilan yibikorwa yakoreye abakongomani. Nawe ubwe ari mubananiza imishikirano, gusa arakomeza yiyerurutse ko akora ashaka amahoro.
Bariya bose bari munama bazi amakuru yiriya ntambara, bityo rero barashaka igisa no kumvikana ariko kudatanga igisubizo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.