President wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yasabye abanyamakuru bo mu gihugu cye kongera ingufu mu kurwanya amakuru y’ibinyoma akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga(Social Media).
Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 04.05.2023. Saa 1:55 pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
President wa Republika ya Democrasi ya Congo (RDC), aheruka guhamagarira abanyamakuru bo mugihugu cye ko bakwiye ko ngera ingufu mukurwanya amakuru y’ibinyomamu avuga hejuru y’intambara barimo numutwe w’inyeshamba wa M23, urwanira muburasirazuba bw’ikigihugu cya Congo Kinshasa.
Ibi President Félix Antoine Tshisekedi, yabivuze ubwo yari yatumiwe mubirori byari byateguwe na Minisiteri w’itumanaho mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ubwisanzure bw’itangazamakuru.
Umukuru w’Igihugu ibi yabivuze ashimangira ko amakuru y’ibinyoma ari icyorezo, yagize ati: “Amakuru y’ibinyoma nicyorezo kibangamiye sosiyete yacu muri iki gihe. Gusa Banyamakuru bacyu ndabashimira kuba mukunda igihugu cyanyu.”
President Félix Tshisekedi, yakomeje avuga ko Abanyamakuru bagiye bagaragaza ubutwari ariko avuga ko ataribose nimugihe harabanyamakuru bafashije leta ya Kinshasa guhangana ningaruka zintambara ikomeje gucya ibintu muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo.
Akaba yarerekanye ko Igihugu ayoboye RDC iri muntambara ihanganyemo n’icyo yise igitero cyabaturanyi, binyuze mu nyeshyamba za M23.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.