Umukuru w’igihugu ca Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yashimiye perezida João Lorenço wa Angola kuba ngo yaragize uruhare runini mu gushakira u Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo amahoro.
Perezida wa Angola João Lorenço, asanzwe ari umuhuza ku makimbirane y’intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo. Asanzwe kandi akuriye na International Conference Region(CIRGL). Uy’u Mukuru w’igihugu ca Angola yagiye azana nu buryo bushya bwoguhuza u Rwanda n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi wa RDC, n’imugihe ibi bihugu byombi byagiye birangwa no kugirana umwuka mubi ahanini ushingiye ku ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC aho Kinshasa ishinja Kigali gushigikira M23 ibyo Kigali yagiye itera utwatsi hubwo Kigali igashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda mu mwaka w’ 1994.
Nk’uko bigaragara i Gihugu cya Repubulika ya Angola cyagiye kiberamo i Nama zigamije kugarukana amahoro mu Burasirazuba bwa RDC. Zari i Nama ahanini ziteguwe nu muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC) n’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo SADC ndetse n’indi miryango itandukanye.
Muntangiriro z’iki Cyumweru, kandi uhagarariye umuryango w’u bumwe bw’Afrika Moussa Faki na Antonio Guterres uyoboye u muryango w’Abibumbye, bahuriye i New York aho barimo barebera hamwe ikibazo cy’u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo.
Muribyo biganiro bagiranye, nabo ubwabo bashimiye leta Zunze ubumwe za Amerika kuba baragize uruhare runini kugira u mwuka mubi wari hagati ya RDC n’u Rwanda uhagarare, ni mugihe uhagarariye ubutasi bw’Amerika aheruka gukorera urugendo i Kinshasa na Kigali, rwari uruzinduko rugamije guhosha amakimbirane arihagati ya Kinshasa na Kigali.
Bariya bayobozi Moussa Faki na Antonio Guterres bari i New York, nabo bashimiye u butegetsi bwa Luanda kuba baragize uruhare mukugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.
Gusa kugeza ubu u Burasirazuba bwa RDC buracarimo imirwano hagati y’ihuriro ry’ingabo za Kinshasa n’u mutwe wa M23, aho no kumunsi w’ejo hashize tariki 30/11/2023, mu bicye byo muri teritware ya Masisi habaye guhangana gukaze kumpande zihanganye. Bikaba bizwi ko teritware ya Masisi na Rutsuru bitazabamo Amatora ategerejwe kuba mu mpera z’u kwezi kwa Cumi nabiri, nk’uko byanatangajwe na perezida Félix Antoine Tshisekedi.
Kuba u Burasirazuba bwa RDC bautazageramo Amatora biva ku mutekano wakomeje kuba ndanze.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.