Mu Nama igira iya 78 y’umuryango wa L’ONI, ikaba yara teraniye mu Mujyi wa New York, muri Leta Z’unze Ubumwe za Amerika, Perezida w’u Burundi y’umvikanye mu majwi avuga amagambo akakaye ndetse anasharirira ibihugu by’abagashaka buhake .
Iy’inkuru Minembwe Capital News, dukesha VOA, ivuga ko perezida Evariste Ndayishimiye yanabashije kw’ibutsa ibihugu biteraniye mur’iyi Nama ko Isi iriko irahura n’ibibazo bikomeye kandi ko abayituye akaba aribo bagirwaho n’ingaruka zayo.
Mur’iyi Nama ngaruka mwaka Evariste Ndayishimiye, yongeye gusaba abayobozi bagenzi be kugirana ubwumvikane ndetse nokwizerana ko aribyo byakabaye biranga ibihugu byamaze guter’imbere mu majambere n’ibikiri mu bukene.
Aho yanavuze ko hakagombye kuba imigenzo myiza ikaranga ibihugu bimaze gutunga. Ibi yabivuze ngo mugihe hari ibihugu bimaze gukira ariko ugasanga biracinyiza ibihugu bikiri munzira y’amajyambere kugirango bizahore bibapfukamira.
Kubwa Evariste Ndayishimiye, we ngo kandi abona ubukoloni ko ntaco bwakoze ngo kuko icambere bwariguhuza imico n’ubumenyi n’imigendereranire yogufashanya, aho kubigisha gusabiriza noguhora m’ubukene.
Yanashimangiye avuga ko ubukoloni bukiriho ariko ko bwahinduye inshusho aho usanga ibihugu bikize byivanga m’ubuyobozi bw’ibihugu bikiri munzira y’amajyambere ndetse ko bihemba ibihembo bigayitse kumabuye yagachiro acukurwa mubihugu bikenye .
Amategeko akakaye ashirwaho nikigege cisi ndetse na FMI na Banki y’Isi aho infashanyo yahabwaga ibihugu bikenye itagihabwa ibihugu ahubwo igahabwa amashirahamwe yigenga
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.