Urugendo rwa ba Perezida batandatu ( 6), ba Afrika berekezaga muri Ukraine, ngo rushobora gusubikwa kubusabe bwa Perezida Denis Sassou Nguesso.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 14.06.2023, saa 8:05pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Byamaze kumenyekana ko Perezida wa Congo Brazzaville Denis Sassou Nguesso, yasabye bagenzi be baheruka kwemezanya kwerekeza muri Ukraine guhuza Perezida Vradimir Putin na Perezida wa Ukraine gusubika uru rugenzi.
Namakuru yamaze kuja hanze kuruyu wagatatu tariki 14/06/ 23, saa tatu n’igice, kumasaha ya Nairobi na Kampala, nkuko tubikesha urubuga rwa Africa Intelligence.
Nkuko byatangajwe niki Kinyamakuru cya Africa Intelligence, kivuga ko Perezida Denis Sassou-Nguesso yagerageje kumvisha bagenzi be bo mu muryango w’ubumwe bw’Afrika Yunze ubumwe (AU) gusubika urugendo bari bafite rwokwerekeza muri Ukraine, aho byari biteganijwe ko bazaja kunvikanisha Perezida Vradimir Putin na Perezida wa Ukraine, kuntambara Imaze umwaka urenga ihanganishije ingabo za Barusiya nizigihugu cya Ukraine.
Nurugenzi rwari ruteganijwe ko ruzasubukurwa tariki 16.06.2023. Bikavugwa Kandi ko Perezida Denis Sassou Nguesso, yabanjye kuganiriza Macky Sall, akoresheje telephone ngendanwa maze nyuma abona kuganiriza aba Perezida batandatu(6), bari bafitanye urugendo.
Aba ba Perezida batandatu bomuri Afrika Yunze Ubumwe harimo na Perezida wa Congo Kinshasa, Félix Tshisekedi, Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, Cyiril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo nabandi.
Denis Sassou Nguesso, niwe Perezida wa Congo Brazzaville, yavutse tariki ya 23/12/ 1943.
Yahoze ari umusirikare, muriki gihugu akaba yarabaye perezida wa Repubulika ya Congo mumwaka wa 1997.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.