Mukiganiro bwakeye gute Imulenge? byavuzwe ko Kalingi, abari barahunze bagarutse.
Iki kiganiro cyakozwe na Bahanda Bruce, nfashijwe numwe mubaturage b’Irwanaho. Tariki 12.05.2023. Saa 2:50 PM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Uyumunsi kuwagatanu(5), mu Minembwe, habaye umuyaga mwinshi wigihuhusi, gusa uyu muyaga ntamazu wasenye nkuko twabibwiwe kuri MCN.
Muriki Kiganiro, ubwo twagikoraga byavuzwe ko akarere ka Kalingi kagabanya Minembwe na Mikenke, abaturage bari barahunze intambara bongeye kuhagaruka bakaba batuye ntankomyi.
Nkuko twabibwiwe, uwatanze iki kiganiro ubwo baganiraga numunyamakuru wa MCN, yagize ati: “Amarondo, ahagaze neza kuburyo tutotinya umwanzi uwariwe wese.”
Abaturage b’Irwanaho bongeye kugaruka hafi mu Mihana yose. Aho bagarutse akaba araha hakurikira:
1 kalingi muri 8ème Cepac(Bahita kuri Diroro cangwa Kwa Rev Mugenza.
2.kwa Rev Musinga(Mubasita).
Mubasama(Kwa Rev Simion Ruhimbya).
Kalingi Bethel ariho bakunze kwita kwa Mzee Rev Mashamba.
Aho batarabasha kugera nahitwa Kalingi ko Mubijumba, ariko byavuzweko batangiye kuhahinga byerekana neza ko abaho bashobora kuhaza vuba.
Kugira ngwiyi Mihana itugwe nubufasha bwatanzwe na Twirwaneho, iyobowe na Colonel Rukunda Michel Makanika. Nimugihe bakoresheje Ibiganiro barangije babacungera numutekano.
Abaturage bahungutse mu Kalingi, bafite Inka ubu bararagiye neza doreko hari nubwatsi nkuko twabibwiwe.
Gusa mu Kalingi, harimihana batigeze bahunga nko Mukalingi ko Mubasinga ariho Kubitaro ahandi baje kugaruka intambara zikirimo nahitwa Kumunini aha bari bafashijwe na Baturage b’irwanaho.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.