Mu gihe imirwano ikomeje ku bica bigacika mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda irimo FDLR, Maï Maï na Red Tabara, ba gabye ibitero mu nkengero za Komine Minembwe, perezida Félix Tshisekedi we i Bukavu kumurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, abantu ko barajanwa ku mbaraga kugira baje ku mwakira, aho aribuze ku hiyamamariza.
Byavuzwe ko guhera ku mugoroba w’ejo hashize, tariki 07/12/2023, abashinzwe umutekano Ingabo na Polisi bakomeje gukangurira abaturage ba Bukavu kugira uyu munsi bitabe Tshisekedi.
Bikaba byavuzwe ko Tshisekedi aribwakirirwe mu gace kitiriwe ubwingenge (Place del’indépendance), gaherereye mu Mujyi wa Bukavu. Kuva igihe c’isaha zakare abaturage benshi ba Nguba, Kavumu na Kadutu n’ahandi bari kujanwa ku mbaraga muri ako gace mu rwego rwo kugira ngo bitabire aribenshi.
Gusa byavuzwe ko Tshisekedi aza kugera i Bukavu, aho yateguriwe nyuma y’uko azaba yabanjye kugera Shabunda na hitwa Miti, akabona kuza i Bukavu mugihe c’isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 08/12/2023.
Nyuma ya Bukavu azakomereza Uvira aho bya navuzwe ko azagera no muri teritware ya Fizi, mu gace ka Makobola aho bakunze kuvuga ko hakozwe ubwicanyi (Massacre), bukorewe abo mu bwoko bwa Babembe.
Nk’uko byagiye bivugwa n’uko bariya ba Bembe ba Makobola, bateguye ko bazaganiriza Tshisekedi uburyo buriya bwicanyi bwakorewe abaturage babo ahagana mu myaka ya 1997.
Hagati aho imirwano irakomeje mu bice byo muri teritware ya Fizi, neza naneza mu nkengero za Komine Minembwe. Gusa byavuzwe ko abaturage b’irwanaho bakomeje kw’irwanaho ndetse ko Maï Maï, Red Tabara na FDLR, ko batangiye kuyabangira ingata.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.