Mai Mai na Red Tabara bahuye nuruva gusenya mu bitero bagabye mu Mihana ya Banyamulenge mu Rutigita.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 08/08/2023, saa 8:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Kuruyu wa Kabiri, Inyeshamba zo mu mutwe wa Mai Mai Bishambuke na Red Tabara, bagabye ibitero mu Mihana ibiri(2), iri Muburengerazuba bushira am’Ajyepfo ya Komine Minembwe, ibi bitero byavuzwe ko bitigeze bihira abo mu mutwe wa Mai Mai na Red Tabara. Igitero kimwe cyari cyagabwe mu Rwingandura ikindi ahitwa kwa Sekaganda.
Nkuko Minembwe Capital News yabwiwe aya makuru nuko izi Nyeshamba za Mai Mai na Red Tabara, zahahuriye nuruva gusenya. Nimugihe Red Tabara na Mai Mai, ba komerekesheje Abarwanyi babo barenga icyumi na babiri(12) abandi bahasiga ubuzima gusa abahasize ubuzima ntibarabasha kumenyekana bose ariko uwatanze amakuru yavuze ko yabonye imirambo ine ya Mai Mai muruhande yaraherereyemo rwo kumusozi womu Rwingandura.
Minembwe Capital News, amakuru yizewe yahawe nuko izi Nyeshamba zagabye ibitero zivuye mubice bya Bikarakara na Rugezi. Imirwano ikaba yatangiye ahagana saa Saba nigice zamanwa(1:30pm).Byavuzwe ko Abaturage b’irwanaho baje gutabara aba Banyamulenge bo muribi bice bari bagabweho ibitero. Iyi mirwano yaje kurangira habaye intambara ikaze ni mugihe barwaniye mubice byinshi bigize amarango ndetse na Musika iri mu Marembo y’Urulenge ho muri Secteur ya Rulenge muri teritware ya Fizi, Intara ya Kivu yamajy’Epfo mu gihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo.
Aba barwanyi bomuri Red Tabara na Mai Mai Bishambuke, baje guhunga maze Abanyamulenge bavuza akaruru ko kunesha umwanzi wabo. Kuruhande rwa baturage b’irwanaho byavuzwe ko batashe amahoro ndetse ko ntan’Inka cangwa itungo iryariryo ryose ryanyazwe, nkuko Minembwe Capital News yabwiwe amakuru na bamwe mu babaye mu mirwano.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.