Mu gihe hasigaye amasaha 48 Manda y’ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EACRF), ikarangira Ingabo za Uganda zibarizwa muri uwo muryango ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zabuze amahitamo n’inyuma y’uko zitarahabwa amabwiriza ku cyerekeye iyo ngingo.
Iza Kenya zabaga muri uwo muryango mu ntangiriro z’iki Cyumweru n’ibwo bahambiriye utwabo maze basubira mu gihugu cyabo aho buririye Indege ku k’ibuga c’indege ca Goma, kuri uyu wa Mbere, tariki 04/12/2023 bagana i Nairobi.
Hariya mu Burasirazuba bwa RDC, haracari Ingabo za Sudan y’Epfo, iza Uganda n’iz’u Burundi.
Ubwo Abakuru b’ibihugu bo mu muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC), baheruka guhurira i Arusha muri Tanzania, baganiriye ku Ngabo z’uyu muryango (EACRF), aho byavuzwe ko bemeje ko batazongererwa Manda gusa amakuru amwe yaje avuga ko batahise babifatira umwanzuro ndakuka. Gusa RDC yo yifuzaga ko ziriya Ngabo zava k’u butaka bwabo maze izindi Ngabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC) zigahita zinjira.
Ubutegetsi bwa RDC bushinja ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba kuba bataratanze umusaruro aribyo byatumye perezida Félix Tshisekedi asaba ko izi Ngabo zibavira mu gihugu.
Ibi bibaye mugihe imirwano yongeye gukara mu nkengero za Mushaki na Sake, aho Ingabo za Gen Sultan Makenga zikomeje kwambura ihuriro ry’ingabo za RDC, FARDC, FDLR, Wagner, FDNB na Wazalendo, ibindi bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.