Bya vuzwe ko Ingabo z’u muryango w’Abibumbye(Monusco), zigiye kuva muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Ibi bya vugiwe mu kiganiro minisitiri w’ubanye n’Amahanga wa leta ya Kinshasa, Christophe Lutundula na Bintu Keita uhagarariye umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye muri RDC, bakoranye k’u wa Gatandatu, tariki ya 13/01/2024, n’abanyamakuru i Kinshasa, k’u murwa mukuru w’i Gihugu ca RDC.
Bashimangiye bombi ko uy’u mugambi wo kuvana Ingabo z’u muryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bw’igihugu ca RDC, urimo kwihutishwa ko kandi bitakiri ibanga.
Christophe Lutundula, yagize ati: “Impaka ku kugenda kwa MONUSCO zirasa nizimaze kuvaho, hamaze gushirwaho uburyo budasubirwaho ziriya Ngabo zi zagenda ziva muri RDC, buhoro buhoro.”
Intumwa idasanzwe y’u munyabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bintu Keita, we yagize ati: “Mu kwezi kwa Kane hazaba gusuzuma bifatika, kugira ngo habe kureba uko ingabo za MONUSCO zava mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo bajya mu Ntara ya Kivu Yaruguru, ibi bizaba biri muburyo bwo gukomeza kuvana Ingabo za MONUSCO muri Congo.”
Gahunda yo kuvana Ingabo za MONUSCO muri RDC yashizweho umukono bwa mbere kuya 22/11/2023, bya kozwe hagati ya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u muryango w’Abibumbye.
Mu Nama ya 78 y’u muryango w’Abibumbye yo kuya 20/09/2023, perezida Félix Antoine Tshisekedi, yavuze ko atagishaka MONUSCO mu Gihugu cye, maze asaba ko ziriya Ngabo zavanwa muri RDC byihuse.
Yagize ati: “Igihe kirageze ngo RDC ihagarare mu kurinda umutekano w’igihugu cyabo. Nta musaruro ingabo za MONUSCO zerekanye ku Banye-Kongo, rero ntabwo tugishaka ingabo za MONUSCO.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.