Mai Mai zateye ubwoba abaturage mumujyi wa Goma ho muntara ya Kivu yamajyaruguru mugihugu ca Republika iharanira democrasi ya Congo.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 28.03.2023, saa 4:00PM kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru amaze kugera Kuri Minembwe Capital News, nuko kuruyu wakabiri tariki 28.03.23, Mai Mai zagaragaye mugisigara ca Goma zambaye nkabanyagihuru bituma bamwe mubaturage bikanga bagira ubwoba nimugihe izi Mai Mai zishinjwa kwica abaturage bavuga i Kinyarwanda muri Kivu Yepfo niyaruguru.
Umwe mubaturage baturiye Goma, yabwiye Minembwe Capital News ati: “Mai Mai Koko zamaze kwiyunga n’ingabo za Republika ya democrasi ya Congo mugihe bamaze kuba umwe bakagombye kwambara nkabantu bakorana na leta ya Kinshasa ariko gukomeza kwambara nkabanyagihuru bitwereka ko bashobora nokwica abavuga i Kinyarwanda bikazitwa ko bishwe nabantu batazwi iyi ni Politike mbi leta ihayikoresha.”
Aba bitwaje intwaro ariko bambaye imyenda idasobanutse (Ipantaro yagisirikare naho hejuru akambara igisivile), bagaragaye hafi na biro ya rezo(Network) Aurtel bongeye kugaragara mumujyi ahitwa Kuri AinstGo.
Byavuzwe Kandi ko umwe muraba wambaye ibi yakomeje Urugendo aboneka nomuri Sake hagati muri Ville.
Bakunze no kugaragara mutubari aho bamwera inzoga ndetse no mumahotel bahagaragaye nkuko twabibwiwe Kuri Minembwe Capital News.
Ibi bibaye mugihe Mai Mai zomuri Teritware ya Fizi na Mwenga batangaje kumugaragaro ko bashaka kurwanya M23, leta ya Kinshasa ibaha Inzira bagana i Bukavu na Goma bamaze kugera Goma leta ya Kinshasa yavuze ko batazasubira kwitwa Mai Mai atahubwo guhera ubu Mujye mubita “Serviste.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.