Mu byo ingabo za M23 zigize iminsi zigamba ko zigiye gu cyecekesha intwaro zose zitera imibabaro abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bayatangiye kwerekanwa.
Bya vuzwe ko nyuma y’imirwano ya bereye mu bice byo muri teritware ya Masisi, k’u munsi w’ejo hashize, tariki ya 02/02/2024, isakiranije M23, n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa (ingabo z’u Burundi, Wazalendo, FDLR, FARDC, SADC na Wagner), ingabo z’u Burundi zo, zahise ziyabangira ingata bahungira mubice bigana i Bwerimana, berekeza muri Kivu y’Amajy’epfo.
Nk’uko bya vuzwe n’uko nyuma y’uko abasirikare b’u Burundi bahunze byatumye abaturage bongera guhunga k’ubwinshi ba mwe berekeza i ya Minova, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, abandi bagana ibice bigenzurwa na M23, muri teritware ya Masisi na Rutsuru.
Amakuru yizewe MCN, ihabwa n’aba herereye ku rugamba bavuga ko iyo ndege y’igisikare cya MONUSCO, yarashweho mu gihe yari yagabye ibitero mubice bya Karuba, ahari ibirindiro bya M23, muri teritware ya Masisi.
K’urundi ruhande ingabo za Perezida wa Afrika y’Epfo, Cyirl Ramaphosa, z’ibarizwa mu itsinda ry’ingabo rya SADC, zoherejwe mu Burasirazuba bwa RDC kurwanya M23, amarira niyose nyuma y’uko indege yabo y’intambara yagabweho igitero kugeza ubu batazi abari nyuma yicyo gitero nk’uko biri no mu itangazo ingabo za SANDF, bashize hanze mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 03/02/2024.
Mur’iryo tangazo ubuyobozi bw’ingabo za SANDF, bashize hanze rivuga ko igitero cy’ibasiriye indege y’intambara yabo cyaturutse i Rwindi, muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bikaba bizwi ko i Rwindi habarizwa umutwe wa barwanyi ba FDLR, bafasha ingabo za FARDC kurwanya M23.
Itangazo risoza rivuga ko abari muriyo ndege y’igisikare cya Afrika y’Epfo, ko bakomeretse bikabije, nyuma boherezwa i Goma, kugira bitabweho n’ubuvuzi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.