Leta y’u Burundi yohereje abasirikare mumyitozo mu Rwanda.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 15.06.2023, saa 6:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Igihugu c’u Burundi, cyamaze kohereza abasirikare babo i Kigali mu Rwanda aho bagiye kwifatikanya n’abandi bagize umuryango wa Afrika y’iburasirazuba (EAC) mu myitozo ihuriweho yitwa “Ushirikiano Imara.”
Nk’uko ayamakuru tuyakesha ikinyamakuru cyo mu Rwanda Bwiza.com, cyabitangaje, kivuga ko iz’ingabo zamaze kuhagera kumunsi w’ejo hashize.
Amakuru akomeza avuga ko Colonel Floribert Biyereke, ariwe muvugizi w’igisirikare cu Burundi, yatangaje ko igisirikare cye cyohereje abasirikare 38. Aba basirikare bakaba bari mubyiciro bitatu yasobanuye ko abasirikare bataje bonyine, kuko bari kumwe n’abapolisi 8 n’abasivili 14 bose bazitabira iyi myitozo igizwe n’ibyiciro bitandukanye.
Si Igihugu cy’u Burundi cyohereje Ingabo za bo gusa nkuko ayamakuru tuyakesha Bwiza.com, ahubwo byatangajwe ko ni gihugu cya Uganda, cyamaze kohereza abasirikare bazitabira iyi myitozo.
Mugihe Kenya yo yamaze guha abazahagararira ibendera ryabo, bisobanuye ko na ryo riri mu nzira rigana i Kigali.
Bikaba biteganijwe ko i myitozo izabera mu karere ka Musanze, mu majyaruguru y’u Rwanda, iyomyitozo ikaba iri butangire kuruyu wa Kane tariki 15/6/2023.
Biteganyijwe ko iyomyitozo izamara amayinga a bibiri(2).
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.