President wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwana Félix Antoine Tshisekedi, yavuze ko atari inyuma y’umushinga w’itegeko utavugwaho rumwe ku bwenegihugu uzwi ku izina rya “Congolity”, ugamije kubuza abaturage ba Congo, bavutse ku babyeyi b’abanyamahanga, gutanga kandidatire yamatora yumukuru w’Igihugu, ateganywa kuba uyumwaka.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 11.04.2023, saa 7:15 AM, kamasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, nuko President wa Congo Kinshasa yavuze ko atarinyuma yumushinga w’itegeko ribuza Abacongomani bavuka kubabyeyi babiri bafite ubwenegihugu batemerewe Gutanga kandidatire yamatora yumukuru w’Igihugu ateganywa kuba uyumwaka muri Republika ya democrasi ya Congo.
Iritegeko ryakumiraga abafite umubyeyi waba atavuka muri Congo Kinshasa, nimugihe amatora yo ateganywa kuba mukwezi Kwa 12 uyumwaka wa 2023.
Iri tangazo rya President wa Republika ya democrasi ya Congo, rije nyuma y’icyumweru gishize umuyobozi widini Gatolika muri Congo Kinshasa nawe abikozeho, Cardinal Floridine Ambongo, aho yamaganye uyu mushinga w’itegeko avuga ko ari akaga kuri demokarasi y’igihugu.
Abatavuga rumwe na President Félix Antoine Tshisekedi, bavuga ko ashaka gutora iryo tegeko kugira ngo abuze abamurwanya, cyane cyane uwahoze ari Governor w’Intara ya Katanga bwana Moise Katumbi, kuba ya kwiyamamariza umwanya wa Président murayo matora ateganywa kuba muriki gihugu ca Congo Kinshasa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.