Umushikiriza manza Mukuru wa Republika y’Uburundi yemeje ko Lt Gen Alain Guillaume Bunyoni, yamaze gufatwa niperereza ry’Uburundi.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 23.04.2023, saa 9:55 AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, nuko byamaze kwemezwa n’a leta yab’Ujumbura ko Lt Gen Guillaume Bunyoni, ko yamaze gutabwa muriyombi ninzego zishinzwe umutekano muriki gihugu.
Ibi byemejwe n’Umushikiriza manza Mukuru wa Leta y’Uburundi bwana Sylvestre Nyandwi, yagize ati :
“Tariki 17.03.2023, habaye gusaka mumihana ibiri yo kwa Gen Guillaume Bunyoni, aho haribimenyetso byibyo aregwa ikindi nuko haribindi bimenyetso bikiriko byegeranywa byibyaha ashinjwa nubucyamanza bw’igihugu c’Uburundi. Nyuma azabona kwitaba umushikiriza manza wa Republika y’Uburundi, habone gufatwa ingingo hisunzwe amategeko.”
Ibi biri mwitangazo umushikiriza manza Mukuru wa Leta y’Uburundi, yashize hanze mugitondo canone tariki 23.04.2023.
Muriryo tangazo kandi byemejwe ko Alain Guillaume Bunyoni, yafatiwe ahitwa Inyamuzi muri Zone Mubone ho muri Commune Kabezi, muntara ya Bujumbura. Yafashwe Tariki 21.04.2023, ahagana mumasaha yigicamunsi.
Gen Alain Guillaume Bunyoni, yakuwe mumabanga yokumwanya wa Minisitiri w’intebe wico gihugu tariki 07.09.2022, aho Président w’icogihugu bwana Evalist Ndayishimiye, yaraheruka kuvuga ko ashaka kumuhirika kubutegetsi.
Gen Alain Guillaume Bunyoni, ari mubayobozi batatu, bitwaga ibihangange mubayobozi bari bagize leta ya CNDD FDD.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.