Kuri uyu wa Gatanu, tariki 24/11/2023, Inyeshamba y’u murundi ikorana na Maï Maï, iyobowe n’u wiyita Gen Hamuri Yakutumba yafashwe mpiri(Matekwa), ifashwe n’Abaturage b’irwanaho bo mwitsinda rikorera mubice bya Komine Minembwe riyobowe na Colonel Charles Sematama.
Mu makuru Minembwe Capital News, ikesha abaturage baturiye ibyo bice baduhamirije ko iriya Matekwa ko yafashwe isaha z’umugoroba wajoro kuri uwo wa Gatanu, wiki Cyumweru turimo dusoza. Iriya nyeshamba yafatiwe mugace ko kw’Irumba homuri Grupema ya Basimunyaka y’Amajy’epfo, muri Secteur Lulenge, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu gihugu ca Repubulika ya Demokorasi ya Congo.
U muturage wo mw’itsinda rya Twirwaneho, utashatse ko izina rye rija hanze yabwiye Minembwe Capital News ati: “Iriya Matekwa ni u murundi uvuga ururimi rw’ikirundi, ukorana na Maï Maï iyobowe na Gen Yakutumba. Mubyo avuga n’uko we yahora akorera i Misisi agace kazwiho ubutunzi bwinshi bw’Izahabu muri Kivu y’Amajy’epfo.”
Yakomeje ati: “Maï Maï Yakutumba, ubu yazamuye Inyeshamba zabo bari munkengero za Komine Minembwe. Twamufashe mugihe yaratawanyitse. Yafatanwe imbunda yo mubwoko bwa AK-47.”
Isoko yacu dukesha iy’inkuru ivuga ko ziriya nyeshamba za Maï Maï zo mu mutwe uyobowe na Gen Yakutumba, ko bakuye ibirindiro byabo ba bikuye i Misisi no kuri ba Bengwa bakaba ba bishinze ahitwa ku Kijombo mu birometre 35 na komine Minembwe. Iriya nyeshamba ivuga ururimi rw’ikirundi kugira ngo afatwe n’abaturage b’irwanaho ngo ni mugihe yoba yarashaka gutoroka Maï Maï kubera kutamenya agace barimo aza kwisanga mu maboko ya basore bo muri Twirwaneho, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe muribo.
Kugeza ubu ntaco ubuyobozi bwa Twirwaneho barabitangazaho. Amakuru yizewe dufite kuri Minembwe Capital News n’uko bakimufite
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.