Ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner ingabo z’u Burundi na Wazalendo, barashinjwa kwibasira amazu y’Abatutsi aho byavuzwe ko barimo kuya twika i Mushaki, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Ibi bibaye nyuma y’uko ririya huriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, za gabye ibitero bikaze bakaza ku bitakarizamo ingabo ninshi zo k’uruhande rwa Barundi. N’ibitero bagabye igihe c’isaha z’ijoro ahagana isaha za saa munani (2:00Am), zo kw’itariki 07/12/2023, mu duce turimo Ingabo za ARC/M23, n’abaturage, muri Kabati na Ruvunda.
Mu makuru Minembwe Capital News imaze guhabwa yizewe n’uko bariya basirikare b’u Burundi bamaze gupfusha abasirikare ba bo benshi bi baviramo kwibasira abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi maze batwika inzu zabo ziri i Mushaki ndetse byavuzwe ko barimo no kwica Abatutsi.
Ay’amakuru yanemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya Gisirikare, Major Willy Ngoma, aho yagize ati: “Ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zibasiriye amazu y’Abatutsi i Mushaki, zirimo ku yatwika. Ntabwo M23 ibyihanganora turaza kubavugutira u muti.”
U muvugizi w’u mutwe wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka nawe y’unzemo ati: “Ihuriro ry’ingabo za RDC, bagabye ibitero muri Kabati na Ruvunda, nyuma yaho tubirukaho, basize ibikoresho by’agisirikare byinshi dukomeje kubirukaho kugira ngo tugarure u mutekano. Guhunga kwabo bageze mu marembo ya Mushaki batangira kwica abasivile.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.