Abasirikare basaga magana abiri(200), b’u Burundi, baraye ku k’ibuga c’indege ca Goma, ku murwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyarugu, aho basaba ko botahukanwa iwabo mu Burundi.
Ibi bibaye nyuma y’imirwano yabaye ku wa Kane, tariki ya 07/12/2023, mu bice bya Mushaki, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Nk’uko byagiye bigaragara kumbuga nkoranya mbaga (social media), bakomeje guhererekanya audio za basirikare b’u Burundi aho barimo bumvikana bavuga ko bakubiswe cyane n’inyeshamba zo mu mutwe wa M23 ahanini muriy’i ntambara yamaze iminsi itatu ibera mu nkengero za Mushaki.
Munyandiko zashizwe hanze na Pacifique Nininahazwe, u mwanditsi w’u murundi ukora mu miryango itabara ikiremwa muntu, yagaragaje ko Urugamba rwabaye ejo kuya 07/12/2023, rw’ishe abasirikare b’u Burundi benshi aho yagaragaje ko abasirikare benshi b’u Burundi ba buriwe irengero abandi barakomereka benshi.
Yanavuze ko bamwe ba mu menyesha ko agomba kubatabariza leta y’u Burundi ko igomba kubavana mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ngo kuko bitabaye ibyo bazashirira Congo.
Uriya mwanditsi yanahamije ko Ingabo z’u Burundi zarwanye Urugamba rwejo ko arabo muri Batayo ya 7 na 8 bo mu mutwe wa TAFOC.
Umubare wa basirikare bamaze gupfira mu mirwano bahanganyemo n’ingabo zo mu mutwe wa M23, Isoko yacu dukesha iy’inkuru ihamya neza ko bakabakaba abasirikare magana umunani(800).
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Bazize ubusa ni barase aba Gisekedi niwe wazanye intambara