Abasirikare ba Republika ya Demokarasi ya Congo, FARDC na Wazalendo, baheruka guhungira mungabo za EACRF ziri ahitwa Kitshanga byavuzwe ko FARDC ishaka kubabohoza ikoresheje ingufu za Gisirikare, ivuye i Mushaki, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Nk’uko iy’inkuru igera kuri Minembwe Capital News, n’uko bariya basirikare ba FARDC barimo na Wazalendo bahungiye muriziriya ngabo zo mu muryango wa EAC muntambara iheruka yo m’ukwezi kwa Cumi, ubwo M23 yamburaga FDLR, Wagner, FARDC na Wazalendo uriya Mujyi, uri mubilometre 80 n’u Mujyi wa Goma.
Ay’amakuru yakomeje avuga ko u mutwe wa M23 wasabye Ingabo za EACRF ziri m’ubutumwa bw’amahoro M’uburasirazuba bwa RDC, kubaha abo basirikare babahungiyeho birangira ubuyobozi bwa EACRF banze arinaho M23 nayo yangiye EACRF ko abo basirikare bazasohoka u Mujyi wa Kitshanga. Muri ubwo buryo FARDC na FDLR bakaba basizoye ko bagomba kubabohoza bakoresheje imbaraga zagisirikare nk’uko byavuzwe.
Uwatanze ay’amakuru kuri Minembwe Capital News, yavuze ko FARDC koyaba igeze mugace ka Nyamitabo ija kubabohoza aho ngo baje bavuye i Mushaki bakomereza Bihambwe, Bidegede, Gatare, Gasheberi na Muheto, kumunsi w’ejo tariki 02/11/2023, aba basirikare bari bageze Nyamitabo muri teritware ya Masisi. Gusa ngw’aba basirikare bagenda amajoro gusa.
Ibi bibaye kandi mugihe bivugwa ko ingabo za FARDC ninshi zikomeje koherezwa mubice bya Masisi na Nyiragongo aho byavuzwe ko aba bari muriza brigade 15 zatangajwe n’umugaba Mukuru w’ingabo za FARDC, Gen Christian Tshiwewe Songesa, ko zigiye koherezwa guhasha umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.
Imirwano hagati ya M23 n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, FARDC n’abambari babo, iheruka kuri uyu wa Kabiri, tariki 01/11/2023, mubice bya Groupement ya Kibumba na Buhumba, aho byanavuzwe ko FARDC yagiye ikoresha ama bombe menshi yatumye abaturage benshi bahasiga ubuzima muribi bice twavuze haruguru.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.