Abaganga bo mungabo za EACRF ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba(EAC), muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bafashije umubyeyi wo muri Kibumba kubyara.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 28.05.2023, saa 4:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Umubyeyi wumukongomani mugace ka Kibumba ho muri Teritware ya Nyiragongo, muntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, ingabo zavuye Kenya zamufashije kubyara maze yibaruka umwana wumuhungu.
Ibiro by’izi ngabo za EACRF byasobanuye ko uyu mubyeyi yabyaye mwijoro ryo kw’itariki 26.05.2023, ahagana mumasaha yu rukerera. Gusa nyuma uyu mubyeyi yongeye kwerekeza kwivuriro ririhafi aho murako gacye izingabo za Kenya zongera kumuherekeza kugira ngo aje guhabwa ubundi bufasha.
Ikindi kandi nuko ingabo za Kenya zongeye kumuherekeza mu rugo iwe avuye kubitaro maze zimuha n’ibiribwa birimo agafuka k’umuceri, nk’uko bigaragara mumafoto bikaba biri nomubyo ibiro byizingabo byatangaje.
Ingabo ziri mu butumwa bwa EAC zivuga ko zikomeje kurinda abasivili, imihanda minini n’urujya n’uruza, zikanatanga ubutabazi aho bukenewe, ibi byose bigakorerwa mu bice zigenzura.
Ingabo za Kenya zirimubutumwa bwamahoro Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, zimo kuhamara igihe kingana namezi atandatu, aho binavugwa ko izingabo zimaze guhindura byinshi harimo no kugarura umutekano muribi bice.
Aha muburasirazuba bw’ikigihugu, haringabo zakarere mubutumwa bwa mahoro, nyuma yiza Kenya harikandi nizavuye i Burundi, Sudan Y’epfo ndetse niza Uganda.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.