Abasirikare bari mubutumwa bwa mahoro bibumbiye mumuryango w’ibihugu by’Afurika by’iburasirazuba( EACRF) Aba Kenya( KDF) nabavuye mu Burundi (BNDF), batangaje ko Abaturage bafite umutekano mwiza mubice barimo kugenzura.
Ibi babitangaje kuruyu wagatatu 22.03.2023, nyuma yaho umutwe wa M23 uvuye mu turere twa Karuba, Mushaki, Kirolirwe na Kitchanga.
Ikindi nuko kuri iyi nshuro uyumutwe wa M23 abasirikare babo banyuma barimo kuva mu mumihana ya Sake, Karuba, Mushaki, Neenero, Kirolirwe, Kibirizi na Mweso .
Kumunsi w’ejo tariki 22.03.2023, umuvugizi w’Umutwe wa M23 bwana Canisius Munyarugero, yatanze igisubizo kubibaza amaherezo yabo nyuma yuko bakomeje kuva mubice byari mumaboko yabo muburasirazuba bwa Republika iharanira Democrasi ya Congo (RDC).
Yagize ati: “Ibi biri mumasezerano yabakuru b’ibihugu, bigize umuryango w’iburasirazuba mubiganiro byabereye i Addis-Abeba, Nairobi ndetse ni Luanda ibi biganiro kandi byarimo numuhuza washizweho numuryango wa Africa Yunze Ubumwe, ati gusa ntituzaja mwishamba rya Sabyinyo nkuko babitekereza ntabwo turinyamanswa.”
Canisius, akomeza avuga ko umutwe wabo wifuza amahoro maze arangiza avuga ko Igihe leta ya Kinshasa yaramuka yanze gukorana ibiganiro nabo avuga ko igisubizo Kiri mumaboko yabo ati “Muricogihe twokoresha intwaro tukongera tukisubiza ibice nubundi turimo tuvamo, kuko ubushobozi turabufite kuko turwanira ukuri.”
Tubibutsa ko nuwahoze ari President wigihugu c’Ubufaransa bwana Nicolas Sarkozy, yageze kuruyu wagatatu i Kinshasa akabaje gukorana ibiganiro bigamije kugarura amahoro muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo.
Intambara ziri muri Eastern ya Drc, zatumye leta ya Kinshasa yibasira iya Kigali nimugihe bashinja iya Kigali gufasha M23 ibyo Kigali ihakanira Kure Kigali nayo ishinja Kinshasa gukorana byahafi numutwe witerabwoba wa FDLR.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.