Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Abacanshuro na Wazalendo, bongeye kugaba ibitero bakoresheje ibibunda biremereye mu bice bituwe na baturage n’ahari ibirindiro bya M23, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Ni muri aka kanya ko k’umunsi wa Noèl, ku wa Mbere, tariki ya 25/12/2023, imbunda ziremereye n’izito zongeye k’umvikana mu gace ka Mushaki, na Karuba, muri teritware ya Masisi.
Ay’amakuru yenemejwe na perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, aho yongeye gushinja ihuriro ry’ingabo za RDC, kurenga ku masezerano yo guhagarika intambara mugihe cy’Iminsi 14, bategetswe na leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Bisimwa akoresheje urubuga rwa X, yagize ati: “Muri uyu mwanya k’u munsi wa Noèl, ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zakoresheje imbunda ziremereye zitera ibisasu bikaze muri Localité ya Mushaki na Karuba.”
Yunzemo kandi ati: “Ingabo ziharanira impundura matwara za M23, zikomeje kw’irwanaho no kurwanirira abaturage n’ibyabo, kandi barwarwana kinyamwuga.”
Bisimwa, yanavuze ko bazi amakuru neza ko perezida Félix Tshisekedi, ashaka kwica amasezerano yoguhagarika Intambara, yasabwe n’ubutegetsi bwa Joe Biden, perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Kumunsi w’ejo hashize naho rirya huriro ry’Ingabo za RDC, zagabye ibitero mu nkengero za Mushaki no mubindi bice byo muri teritware ya Masisi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.