I Biraro by’inka za Banyamulenge i Kalemi byagabweho igitero gihitana umwungeri n’Inka imwe iranyagwa izindi zitatu zirakomereka.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 10/07/2023, saa 12:40pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
I Kalemi homuntara ya Tanganika, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, i Biraro by’inka za Banyamulenge by’agabweho igitero. N’igitero cyagabwe n’umutwe wa Mai Mai bomubwoko bwa Batwa.
Iki gitero nkuko ayamakuru twayahawe kuri Minembwe Capital News, nuko cyagabwe kukiraro cyu Mugabo w’u Munyamulenge witwa Shabutwa, usanzwe atuye muri leta z’Unze Ubumwe Za Amerika akaba yarafite inka ze i Kalemi homuntara ya Tanganika. Iz’inka za Shabutwa zarimo Abungeri bakomoka mubwoko bwa b’Anyamulenge, umwe murabo bungeri niwe wishwe arashwe.
Ni igitero cyari Kiyobowe na Mai Mai ya Batwa, aho bakigabye nahakunzwe kwitwa kuri 85km homuri Axe ya Nyunzu. Mumakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira nuko aba Batwa babashe kunyaga Inka imwe(1), izindi zitatu(3) zikomeretswa zirashwe niyo Mai Mai y’a Batwa.
Aba ba Mai Mai ba Batwa , n’inshuro ninshi zirenga ibihumbi bashinjwa kwica nokunyaga Inka z’Abanyalulenge ndetse nokuziba, ibi babikora leta ya Republika ya Democrasi ya Congo, irebera . Ibi bitero bikaba byaratangiye ahagana mumwaka wa 2004 kugeza uyumunsi.
Abanyamulenge bamaze kwicwa n’a Batwa nkuko tubikesha bwana Zachee wahabaye kuva mumwaka wa 2000 kugeza 2018, yabwiye Minembwe Capital News ko bakabakaba 200, aba bose bagiye bicwa barashwe ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo zirihafi ndetse na Polici ya Congo itari kure.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.