Igihugu kidasanzwe mumyunvire yabenshi arico Israel kuruyu wambere tariki 27.03.2023 babyukiye mumyigaragambyo yokwamagana Ministre w’intebe Benjamin Netanyahu.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 27.03.2023, saa 8:10AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News nuko mugihugu gifite amateka akomeye arico gihugu ca Israel Igihugu ca Mose na Yoshuwa kuruyu wambere tariki 27.03.2023 ibihumbi byabanya Israel babyukiye mumyigaragambyo yokwamagana Ministre w’intebe Benjamin Netanyahu uheruka kwirukana Minisitiri wingabo wico gihugu.
Mumakaru amaze gutangazwa nibinyamakuru byinshi harimo namakuru dukesha AFP yabafaransa avuga ko Minisitiri wingabo wa Israel y’irukanwe kubera yasabishije leta ye kutavugurura ubucamanza kurizo mpamvu Minisitiri w’intebe ariwe Benjamin Netanyahu ahita afata icemezo cihuse co kumwirukana.
Ibi byatumye abantu ibihumbi nibihumbi babyukira mumyigaragambyo.
Umuhanda munini wa Tel Aviv abarimo gukora imyigaragambyo bawufunze nta modoka zihaca ikindi nuko bacanye imiriro mumihanda kugira berekane uburakari bafite.
Ikigihugu ca Israel nigihugu benshi bazi mumateka yijambo ry’Imana(Bibiliya) igihe cose Israel ivuzwe buriwese yunvamo Abraham, Amosi ndetse na Yoshuwa.
Kimwe nuko wovuga Imulenge Izina Rukunda Makanika Rikaza cangwa wavuga Urwanda Izina Freddy Gisa Rwigyema na Paul Kagame rihita riza.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.