Ibyahoraga biba muri RDC byagaragaye no mu Burundi, yatewe amabuye kugeza ashizemo umwuka .
Mu gihugu cy’u Burundi umupolisikazi, abaturage bamuteye amabuye kugeza avuyemo umwuka wanyuma, nyuma y’uko nawe ku wa Gatatu tariki ya 16/10/2024, yari yishe umuturage akoresheje imbunda.
Byavuzwe ko byabereye neza ahitwa Gatongati muri zone ya Rugari, mu Ntara ya Muyinga, ha herereye mu majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi. Nk’uko ibitangazamakuru bitandukanye byo muri iki gihugu cy’u Burundi bivuga, n’uko uyu mupolisikazi wishwe yarazwi cyane ku izina rya mama wa Leta, naho uwo muturage yarashe arapfa yitwaga Zambolin wari mu kigero cy’imyaka 40.
Abaturage baganiriye n’igitangaza makuru cya Sos media dukesha iy’inkuru, bagize bati: “Igihe byabaga, Zambolin yari afite amajerekani abiri ya Lisansi ku igare rye. Abapolisi babiri bamutegetse guhagarara ariko yanga kubyubahiriza. Umupolisikazi niko guhita amurasa arapfa.”
Yakomeretse mu maso bikabije, mu mugongo, amaguru no ku maboko. Mu butumwa bw’amajwi bwasakajwe ku mbugankoranyambaga bwumvikanaga uyu mupolisikazi atabariza bagenzi be kwica abasivile ngo kuko bashaka kubarimbura, bagenzi be baje kuza barasa amasasu hejuru abaturage bahunga ugutandukanye.
Byanavuzwe kandi ko abagabo bo muri ibyo bice, iryo joro ntibaraye mu ngo kuko batinyaga kwihorera kw’abapolisi. Nyuma abashinzwe umutekano n’abayobozi bo muri iyo ntara berekeje ahabereye icyo gikorwa kugira ngo bakore iperereza ryimbitse rigamije kumenya ukuri kwibyabaye.
Ibi byari bimenyerewe muri RDC igihugu cy’igituranyi n’iki gihugu cy’u Burundi, kuko abantu baho, baba ari abasirikare cyangwa abasivile hari abagiye bicwa muri ubwo buryo, batewe amabuye.
Ibyo byagaragaye muri Kivu y’Amajy’epfo, Kivu y’Amajyaruguru n’ahandi muzindi ntara. Gusa, ikitarakozwe mu Burundi ni uko bamwishe ntibarya inyama ze ariko muri RDC barangiza kwica uwo bishe muri ubwo buryo bakotsa inyama ze, bakanazirya.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.