Imyigaragambyo ya bakandida batanu (5), k’u mwanya w’umukuru w’Igihugu, kuri uyu wa Gatatu, tariki 27/12/2023, yahagaritswe hakoreshejwe imbaraga za Guverinoma ya Kinshasa.
N’imyigaragambyo yateguwe n’abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege, bayiteguye mu rwego rwo kwa magana ibirimo kuva mu matora yo kw’itariki 20/12/2023, aho bavuga ko leta ya koresheje Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora, banyura inzira za magendu, amajwi yabo aribwa.
Nk’uko bimaze ku vurwa n’uko leta ya Kinshasa yanyuze mu bashinzwe umutekano barimo polisi n’Abasirikare, ba basha guharika iriya myigaragambyo, bya natangajwe ko mu ku yihagarika hakoreshejwe kurasa ibisasu biryana mu maso.
Amakuru y’izewe Minembwe Capital News, dukesha Mwando Christian, uherereye i Kinshasa, yavuze ko hari abantu bakomeretse bahita bajanwa mu bitaro. Gusa, umubare wabakomeretse ukaba utarabasha kumenyekana.
Minisitiri w’u mutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Peter Kazadi, k’u munsi w’ejo hashize, yatangaje ko leta itemeye iriya myigaragabyo ahita asaba abayiteguye kuyihagarika mu maguru mashya. Abayiteguye nabo bavuze ko baza kuyikora bya nze bikunze ndetse batangaza ko mu gihe Polisi, yagira uwo ikomeretsa, ko muricyo gihe minisitiri Peter Kazadi, azahita afungwa.
Tu bibutseko ko iriya myigaragabyo yarimo ibera mu Mujyi wa Kinshasa, ku murwa mukuru w’igihugu ca RDC.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Tunataka Aman Apana vita