Imyigaragambyo yari yateguwe n’abayobozi batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa President Félix Antoine Tshisekedi, yarikuba uyumunsi i Kinshasa, yasubitswe.
Yanditswe na Bruce Bahanda kw’itariki 13.05.2023, saa 10:45 am, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Kuruyu wagatandatu i Kinshasa, hari hateganijwe kubera imyigaragambyo igamije gusaba President Félix Antoine Tshisekedi, kuzanira Abacongomani amahoro, iyo myigaragambyo yasubitswe maze bayimurira kuwa gatandatu, utaha tariki ya 20.05.2023, nkuko ayamakuru tuyakesha ikinyamakuru cya RFI.
Byavuzweko ko iyo myigaragambyo yari yateguwe nabatavuga rumwe nubutegetsi bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, harimo Martin Fayulu nabandi.
Nyuma y’ibyo abatavuga rumwe n’ubutegetsi, arinabo bari bateguye iyo myigaragambyo, bavuga ko baburiwe na Guverneri w’intara ya Kinshasa, abasaba guhagarika iyo myigaragambyo, kubera umutekano muntara ye aho bivugwa ko yababwiye ko ashaka umutekano mwiza mumujyi wa Kinshasa.
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyateguwe na Martin Fayulu wo mu ishyaka rya ECIDE, yavuze ko bahagaritse iyo myigaragambyo kumpamvu zabo bwite asobanura ko Kandi batayihagaritse ahubwo kobagiye kuyitegura muburyo bwiza.
Abafatikanije na Martin Fayulu, gutegura iyo myigaragambyo harimo na Matata Ponyo wo mu ishyaka ry’Ubuyobozi n’imiyoborere myiza, harikandi Moïse Katumbi(Perezida wa Ensemble pour la République).
Muriyo myigaragambyo bivugwa ko bari bateguye urubyiriko rwa Kinshasa rugwiriyemo abakiri bato dore ko Martin Fayulu akunze kwitabirwa nabantu bakiri bato.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.