Kumunsi w’ejo umutwe w’inyeshamba wa Nyatura bakoranye Ikiganiro n’Ingabo za FARDC mubice bya Kalehe.
Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 15.05.2023, saa 7:15 am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Mugace ka Nyabibwe, ho muri Teritware ya Kalehe, muntara ya Kivu yamajy’Epho, aha kumunsi w’ejo tariki 14.05.2023, habaye Ibiganiro bihuza ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), numutwe w’itwaje Intwaro wa Nyatura, ibi biganiro byibanze kumutekano nimigenderanire hagati ya Nyatura na Fardc.
Nkuko ayamakuru tuyakesha Radio Communauteur ya Nyabibwe, avuga ko Nyatura, yarigize igihe yinjira mubaturage baturiye Akarere ka Kalehe bakanyaga abaturage ibyabo mubyabashe kuvugwa harimo amatungo magufi , ihene n’Inkoko ndetse n’Intama.
Murico kiganiro Kandi bongeye kwemezanya gusabana hagati ya Fardc na Nyatura, no guhanahana amakuru.
Tubibutsa ko muraka gace ka Nyabibwe, umwuka mubi hagati ya Fardc na Nyatura, watangiye kuzamo agatotsi ahagana tariki 27.04.2023, nimugihe hakozwe imyigaragambyo, yari yakozwe nabo mubwoko bwa Bahutu, bivuye kuri Mwami, uvuka mub’Ahutu na Administrateur(uvuka mubwoko bwa Bahavu) wa Teritware ya Kalehe, bapfuye gushiraho umuyobozi wa Centre Nyabibwe.
Muricogihe bari mumyigarambyo, imihanda yarafunzwe abasirikare ba FARDC, baza kurasa abaturage bo mubwoko bw’Ahutu, hakomereka abasore babiri ba Bahutu, nyuma baza kujanwa kuvurigwa i Bukavu. Amakuru nkuko yavuzwe umwe murabo bakomeretse yapfuye kumunsi w’ejo hashize nkuko Radio Communauteur ya Nyabibwe, yabitangaje ubwobazana ga umurambo muri Centre Nyabibwe, Abahutu, bongeye gusa nabashaka kwigaragambya baterana amabuye hongera gukomereka undi musore w’Umuhutu akaba ari mubitaro bya Nyabibwe.
Mugihe Nyatura yari muruhande rwabo mubwoko bw’Abahutu, FARDC nayo ikaba muruhande rwa Chef Administrateur wa Teritware ya Kalehe, biri mubyatumye ingabo za FARDC zikoresha Inama ahar’ejo aho ibyo biganiro babikoranye numutwe w’inyeshamba wa Nyatura, maze bemezanya kongera gusabana noguhanahana makuru, bagafatanya nokurwanya umutwe wa M23, urwanira ukubaho kwabo nababo, muburasirazuba bw’ikigihugu.
Ikindi nuko Nyatura yariheruka gushinjwa gufata kungufu umukobwa wabo mubwoko bwa Bahavu, bikavugwa ko ibi byakozwe nuwo mutwe w’itwaje Intwaro wa Nyatura byavaga Kumakimbirane hagati ya Bahavu na Bahutu.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.