I Kalehe, homuri Kivu ya majy’Epfp, abana bagera kuri 200 bari baraburanye n’imiryango yabo bongeye guhura.
Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 10/07/2023, saa 5:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Umuhuzabikorwa w’ubutabazi muri Republika ya Demokarasi ya Congo, Bruno Lemarquis, niwe wagize uruhare kugira ngwabana bagera kuri 200 bari baraburanye n’imiryango yabo igihe ibiza biteye muraka gace mumezi yu mumwaka washize. Abana bahuye nababyeyi babo nabo mugace ka Bushusha na Nyamukubi.
Bwana Bruno, yagaragaye arimo kw’iphotoza hamwe n’abana barokotse ibiza i Kalehe, mu majyepfo ya kivu.
Umuryango utegamiye kuri Leta Christian Action for Aid and Development (ACAD) wavuze ko ku wa gatandatu tariki 08/07, ko wahuje abana bagera kuri 193, ibahuza n’imiryango yabo muri Kalehe.
Ati: “Turatanga inkunga mu b’ijyanye noguhuza abana n’imiryango yabo kandi turagerageza uko dushoboye kose kurubu tumaze guhuza abagera kuri 193 bamaze guhura n’imiryango yabo. Abandi nabo ntibarabona imiryango yabo. Tuzabagumana kugeza igihe tuzabonera imiryango yabo.”
Irishirahamwe, ryateguye ahantu heza hagenewe kuba abana nyuma yuko ibiza byari bimaze gutera. Babikora batewe inkunga na UNICEF.
Ati: “Hariho abana bo mu baturage baza gukina hano, kuko nta vangura riba hano. Muri rusange, kuri ubu dushobora kubara imfubyi 1001 n’abatishoboye bagera 102, bose baza tukabakira.”
Icyakora, abana babarirwa mu magana ntibongeye guhura n’imiryango yabo mu midugudu yombi yibasiwe n’ibiza, ahanini bitegwa nuko hapfuye abantu benshi.
Umuhuzabikorwa w’ubutabazi muri Republika ya Demokarasi ya Congo, Bruno Lemarquis yashishikarije inkunga yahawe abo bana bahuye n’iki cyago cyahitanye abagera ku 500 n’ibihumbi baburiwe irengero i Kalehe.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.