Iyinkuru yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 23.03.2023, Saa 9:13Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru Minembwe Capital News dukesha bamwe mungabo za FARDC muri Kivu yamajyepho batanze amakuru kuri Minembwe Capital News ko muri karitye(Quartier) ya Kadutu haraye hafashwe umusirikare womungabo za Republika iharanira democrasi ya Congo (FARDC) ahunze ava Muminembwe avuga ko atinya abaturage b’Irwanaho bibumbiye mwizina rya Twirwaneho.
Nkuko ayamakuru twayahawe yagize ati : “Uyumusirikare yafashwe mwirijoro ryokwitariki 22.03.2023, ahagana Saa ine zijoro avuga ko acitse igisirikare Muminembwe ngo kubera gutinya Twirwaneho.”
Akimara gufatwa yajanwe muri Prison yagisirikare i Kansoyo mugihe yarimo gusambishwa yavuze ko ahogusubira Muminembwe ngo azasubire ahangane na Twirwaneho atahubwo yofungwa burundu akaguma muri Prison nkuko yarimo abyiganira abamusambishaga.
Dore uko yarimo guhitishwamo? “Bamuhitishijemo gusubira Muminembwe nokuja muri Prison centrale, maze nawe ahitamo kuguma muri Prison avuga ko nta Prison iruta isasu ryo Muminembwe na Kamombo ati bakurasa kumutima cangwa mumutwe kandi ati njyewe ubwanjye dore uko umutwe wabaye ibisate.”
Izintambara yavuze haruguru nintambara zahanganishije abaturage b’Irwanaho ningabo za Republika iharanira democrasi ya Congo ( FARDC) mumyaka ishize ariyo 2021 na 2022.
Gusa nyuma yuko Gen Ohenzo Andre agereye mumisozi miremire y’Imulenge homuri Kivu yamajyepho yahinduye byinshi birimo kuzana amahoro nogukundisha abasirikare be gukorana naba sevile neza.
Twirwaneho bivuze kwirwanaho mugihe abanzi bateye ibitero mumihana yabaturage bab’Anyamulenge (Tutsi) ibi biri mubisobanuro umuvugizi wa Twirwaneho atanga bwana Ndakize Kamasa Welcome.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
online sildenafil uk viagra generic
viagra online with prescription canadian pharmacy online viagra
generic viagra uk online https://www.zonamobile.net/forums/profile/meridithhe/