Imvururu zishingiye k’ubwoko zikomeje gufata indi ntera mubice byo ku Bwegera, muri Cheferie ya Barundi bo mukibaya cya Rusizi (Plaine Dela Ruzizi), muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Amakuru dukesha isoko yacu ya Minembwe Capital News, avuga ko mumpera z’Ukwezi kwa Cumi(10), uyu mwaka w’2023, ko ingabo za Barundi(FDNB), z’ibarizwa k’ubutaka bwomuri Kivu yamajy’Epfo, zahawe izina “Batayo Task Force,” bahawe impuzakano (uniform) nshshya y’igisikare ca RDC muricogihe Wazalendo bo ku Bwegera, n’abo bahita baja gusabisha uniform y’igisikare ca FARDC ishaje aho byavuzwe ko bagiye kuyisabisha muri Regiment ya FARDC irahitwa Ruvunge.
Ay’amakuru akomeza avuga ko Wazalendo icyifuzo cyabo nticyakiriwe neza n’ingabo za RDC zomuri Regiment ya Ruvunge, muri teritware ya Uvira. Iyo myambaro ya FARDC hubwo ngo yarafashwe iratwikwa na FARDC Wazalendo barimo kubireba arinaho inkomoko y’izo mvururu zavutse mubice byomuri Ruvunge na Bwegera hagati ya Barundi bomuri Congo na Wazalendo bagwiriyemo Abasore bo m’ubwoko bw’Abapfulero.
Ingabo rero za Republika ya Demokarasi ya Congo, FARDC zikorera muri ibyo bice baje gukora ubutabazi abakubise uwo mudamu bamwe barafatwa barafungwa kuri uyu wa Kane nokuwa Gatanu, tariki 03/11/2023, arinabyo byatereye Wazalendo kubyuka muriki Gitondo cyo kw’itariki 04/11/2023, bafunga i Mihanda yomuribyo bice.
Twabwiwe ko Isoko irema kuri uyu munsi wa Gatandatu, muri ibyo bice ko itegeze irema ko ahubwo i Mihanda yose iyiganamo ifunzwe na Wazalendo kuva igihe c’isaha z’urukerera rwokuri uyu wa Gatandatu, tariki 04/11/2023.
Wazando ngo bakomeje kuva mubice byose bigize teritware ya Uvira baza gutabara bagenzi babo kugira bateze umutekano muke. Aho byanemejwe n’uhagarariye Sosiyete sivile ko k’umunsi w’ejo hashize, tariki 03/11/2023, Wazalendo bavuye Uvira aribenshi baza gushigikira bagenzi babo.
Kuri uyu mugoroba wo k’uwa Gatanu, tariki 03/11/2023, Wazalendo bibasiye umuyobozi wa Groupement ya Barundi, bamukubita kubi! aho yaje kujanwa k’ubitaro. Ibi byatumye abarundi bahaguruka barwanya Wazalendo bakoresheje inkoni kuri ubu nta modoka iva Uvira ija Bukavu i Mihanda yose irafunze, nk’uko twahawe ayamakuru n’abaturiye Ibyo bice.
Imvururu hagati ya Bapfulero na Barundi, bo mukibaya cya Rusizi, zigize igihe aho ndetse no mumezi ashize habaye guhangana hagati yabo bakoresheje imbunda bifatira n’Amazu aratwikwa bikabije.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.