Hasobanuwe impamvu hashyizweho umunsi wo kwiyiriza ubusa ku isi hose.
Papa Francis kubera agahinda yatewe n’ibihugu bikumira impunzi n’abimukira mu gihe isi irembejwe n’intambara n’imihangayiko itewe nayo, yavuze ko ku itariki ya 07/10/2024, abatuye ku isi bose bagomba kwiyiriza ubusa bagatakambira Imana igatanga amahoro.
Tariki ya 07/10/2024 nibwo umutwe wa Hamas wagabye igitero kuri Israel, kigasiga gihitanye abantu 1,200, abandi 250 bagafatwa matekwa, izo tariki n’izo Papa Francis yahisemo ko abantu basengeraho biyirije ubusa, mu rwego rwo kwinginga Imana ngo itange amahoro ku Isi. Yavuze ko uwo munsi abantu bagomba gufata akanya bagasenga kandi bakiyiriza ubusa basengera Intambara ibera hirya no hino ku isi.
Minisiteri y’ubuzima muri Gaza iyobowe na Hamas , yavuze ko muri iyi ntambara bahuye nayo muri uyu mwaka w’2024 yaguyemo abantu 40.000 ndetse barenga.
Igihe Papa Francis yahamagariraga abantu kwitabira iri sengesho yagize ati: “Reka tugendere hamwe . Reka twumve umwami. Reka tuyoborwe na mwuka.”
Ntabwo ari ubwa mbere Papa Francis ahamagariye abantu batuye Isi yose kwiyiriza ubusa no gusengera agace kose karimo Intambara, kuko yaherukaga no kubikora mu 2013 aho yasabye ko Isi yose isengera Siriya ndetse no mu mwaka w’ 2017 yasabye ko basengera Repubulika ya demokorasi ya Congo na Sudan y’Epfo kugira ngo bigire amahoro.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.