“Gutera u Rwanda, bisa no kwiyahura,” Lawrence Kanyuka, yaburiye Perezida Félix Tshisekedi, uhorana indirimbo mu kanwa ko azatera u Rwanda, rwa Paul Kagame.
Umuvugizi w’u mutwe wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yaburiye perezida Félix Tshisekedi uhora aririmba ko azatera u Rwanda, ko “gutera u Rwanda, bisa no kwiyahura.”
Ni mukiganiro umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yakoranye na radio Ijwi ry’Amerika (Voice of America).Kanyuka, iki kiganiro yagishize kurukuta rwe rwa X, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 08/01/2024.
Yagize ati: “Igihugu c’u Rwanda, cyo hereje abasirikare bo gufasha bimwe mu bihugu by’Afrika y’Amajy’epfo(SADC), kurandura imitwe y’iterabwoba, u Rwanda ni gihugu kimaze kwi yubaka, ubwo rero kuja ku rwana n’u Rwanda, ntaho bitandukaniye no kuja kwi yahura.”
“U Rwanda, rumaze kwiyubaka mu burezi, ubuzima n’u mutekano.”
Yunzemo Kandi ati: “Niba ashaka ku rwana n’u Rwanda, bafite igisirikare cyiza, u Rwanda rwa kemuye ikibazo cy’iterabwoba muri Centrafique no muri Mozambique.”
Yabivuze ashingiye ku ijambo rya perezida Félix Tshisekedi, waherutse gutangaza, kw’itariki ya 18/12/2023, avuga ko azarasa u Rwanda yi yicariye i Goma.
Yagize ati: “Umutwe wa M23, mu gihe wa kwibesha ukarasa isasu rimwe i Goma cyangwa ukaba wafata akandi gace gato gusa ko muri Kivu y’Amajyaruguru, nza hita nsaba Inteko ishinga mategeko ya RDC banemerere ntere u Rwanda.”
Perezida Félix Tshisekedi, icyogihe yu mvikanye kandi avuga ko natera u Rwanda ngo perezida w’u Rwanda Paul Kagame, azarara ukubiri n’urugo rwe aje iyo mw’Ishamba.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.