Umunyekongo uvuka mu Ntara ya Kansai akaba asanzwe ari umunya politike, Noël Tshian, yasezeranije abanyekongo ko we n’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, FARDC bakwinjira i Kigali mugihe bo mutorera kuba perezida wa RDC.
Yagize ati: “Ndabyemeza neza ko mu masaha 48 mu gihe u Rwanda rwaba rwanze kuvana Ingabo zabo k’u butaka bwa RDC, mwaja ku byuka igitondo kimwe mu gasanga Ingabo za FARDC zageze muri Kigali i ndani.”
Ibi abivuze mu gihe ubutegetsi bwa Kinshasa bu babajwe n’uko u Mujyi wa Mushaki, uherereye muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, wamaze kuva mu maboko y’Ingabo za RDC, kuri uyu wa Kane, tariki 07/12/2023. N’inyuma y’imirwano yarimaze iminsi itatu ihuza ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Congo, arizo FDLR, Wagner, FARDC n’ingabo z’u Burundi na Wazalendo zatsinzwe n’Ingabo z’u mutwe wa ARC/M23 maze uriya mutwe wigarurira Mushaki n’inkengero zoyo zose.
Gufatwa Kwa Mushaki kwa vugishije benshi muri Congo Kinshasa, ni mugihe n’u muvugizi wa FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yavuze ko umutwe wa M23 wafashe Mushaki ba banjye kuyiraramo rw’ihishwa.
Ati: “Bayifashe bari bayirayemo rwihishwa kuva mw’ijoro ry’ejo. Nibande barwanye muri Mushaki bayirwanye mubice byinshi muri Tuonane-Mushaki na Kingi-Mushaki?”
Minisitiri w’Ingabo muri RDC we Jean Pierre Bemba Gombo, yabuze amahitamo maze ashimira Ingabo za FARDC.
Ati: “Ndashimira Ingabo zacu za Republika ya Demokarasi ya Congo, k’uburyo bakomeje ubwitange bwo kurwanirira i Gihugu cyacu ahanini mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kandi mu menye ko tu tarwana na M23 hubwo turi kurwana n’Ingabo z’u Rwanda.”
Nyuma yiriya mirwano yo ku wa Kane, Ingabo za ARC/M23, zahise zikomeza zija gufunga amarembo yose yaturukamo umwanzi nka Matanda , Bihambwe abandi bakomereza za Karuba . Imirwano ikaba ikomeje gusatira i gana muri Sake.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.