Bidasubirwaho, muriki Gitondo co kuri uyu wa Kane, tariki 07/12/2023, u Mujyi wa Mushaki, wo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, wigaruriwe n’Ingabo za ARC/M23.
N’inyuma y’imirwano yatangiye igihe c’isaha z’ijoro saa umunani z’igitondo. Iy’i mirwano byavuzwe ko ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner ingabo z’u Burundi na Wazalendo, ko aribo bari bagabye ibitero ahari ibirindiro by’ingabo z’u mutwe wa M23 biherereye muri Kabati na Ruvunda, maze ingabo za M23 ziza kw’irwanaho birangira ingabo za Gen Sultan Makenga zambuye abarwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa u Mujyi wa Mushaki.
Amakuru yizewe Minembwe Capital News imaze guhabwa numwe mu basirikare ba M23 yahamije ko u Mujyi wa Mushaki warimo indake ninshi Kandi ko kuzikuramo abarwanyi ba FDLR n’imbonerakure bitari byoroshye.
Yagize ati: “Ntabwo byari ugukina gufata u Mujyi wa Mushaki warimo indake za FDLR n’Imbonerakure z’u Burundi byari bintu bikaze. Ariko twazi bakuyemo byakunze rwose.”
Mushaki yarimo ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa ninshi, rwari Urugamba rukaze.
Tubibutsa ko umutwe wa M23 umaze kwambura ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ibice byose biri mu nkengero za Sake, nka Mushaki, Bihambwe, Rubaya, Trois Antennes nahandi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Courage M23 muzagere kure murenganure abantu barenganye muzagere na Minembwe
Murabagabo,kandi uharanira,ukuri aratsinda